Inkuru zitandukanye ku bagabo
Icumi ku ijana by’ababana (umugore n’umugabo) bafite ikibazo cy’ubugumba
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 02 / 2012, 15:04
Hagaragaye ko ikigereranyo cya 10% by’umugore n’umugabo babana batabasha kubona umwana mbere y’imyaka ibiri nyuma yo kuboneza urubyaro. ... ibikurikira
Sobanukirwa n’indwara ya Varicocelle
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 02 / 2012, 14:31
Mwiriwe ho neza ? Nigeze kubabaza icyo inwdwara ya varicocelle isobanura, none nasabaga ngo niba bishoboka mwampa ibisobanuro byayo. Murakoze. ... ibikurikira
Impamvu 5 z’ingenzi zitera ubugumba ku abagabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 02 / 2012, 13:00
Hakunze kugaragara abantu b’igitsina gabo benshi muri iyi minsi bafite ikibazo cyo kutabasha kubyara dore ko ari kimwe mu biba byubakiyeho ingo haba mu Rwanda ndetse no ku isi yose kuko buri wese aba ... ibikurikira
Ubugumba bw’abagabo buri kwiyongera ku isi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 23 / 02 / 2012, 23:11
Ubugumba bw’abagabo ni ububasha bucye umubiri we uba ufite bwo kutarema intanga ngabo bitewe no kudakora neza cyangwa ubundi burwayi. Akenshi hari igihe umuntu aba ari ingumba ariko atabizi cyangwa se ... ibikurikira
Abagabo barasabwa kwitabira kwisiramuza kuko birinda kwandura virusi itera SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa 22 / 02 / 2012, 23:28
Tugendeye k’ubushakashatsi bwakozwe n’Ishami ry’Umuryango Mpuzamahanga ryita k’ubuzima (WHO) bwagaragaje ko nibura 2/3 by’abanyafrika bamaze kwisiramuza mu ibihugu bitandukanye. Bamwe bakaba barabikoz ... ibikurikira
Impamvu 4 zishobora gutuma abagore bakundwa, bidasabye ko bambara imyenda iteye isoni
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 02 / 2012, 23:26
Impamvu 4 zishobora gutuma abagore bakundwa, bidasabye ko bambara imyenda iteye isoni ... ibikurikira
Ni izihe mpamvu zishobora gutuma umugabo asohora vuba/yihuse (ejaculation precose) mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 16 / 02 / 2012, 10:03
«Hari abavuga ko icyo ari ikibazo gikomeye ku bagabo kuko ngo gishobora kuba cyasenya ingo, mubivugaho iki? Kibaye ari ikibazo cyakemuka gute? Murakoze cyane». ... ibikurikira
Ni ryari kuribwa amabya ku bagabo byatera ikibazo gituma bajya kwa muganga vuba?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 14 / 02 / 2012, 03:32
Abagabo benshi bagira ibibazo ndetse n’impungenge nyinshi igihe bumvise uburibwe mu mabya, amabya akaba ari two dusabo dukora intanga ngabo ndetse n’imisemburo nka « Testosterone » ituma umugabo agi ... ibikurikira
Umusemburo w’abagabo uzwi ku izina rya TESTOSTÉRONE ngo ushobora kubatera kwikunda ntibanashyikirane
Iyi nkuru yanditswe kuwa 05 / 02 / 2012, 23:11
Imyitwarire yacu akenshi ikunze guhindurwa n’imisemburo iba mu mibiri yacu nk’uko bitangazwa na Doctor Nick Wright, unavuga ko iyi misemburo ishobora gutuma usabana n’abandi; ariko kuri uyu musemburo ... ibikurikira
Havumbuwe Ikoranabuhanga rishya ryakoreshwa mu kwica intanga ngabo, nk’uburyo bushya mu kuboneza urubyaro
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 02 / 2012, 23:18
Mu bushakashatsi buri gukorerwa muri kaminuza ya Calorina y’Amajyaruguru ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baravuga ko habonetse uburyo bushya bwo kwica intanga ngabo hakoreshejwe ibyo bita Ultr ... ibikurikira
Guhagarika itabi byaba bifasha abagabo kwitwara neza mu buriri ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 31 / 01 / 2012, 15:41
Abagabo benshi cyane abanywa itabi bakunze kwegera abaganga bababwira ko batakibasha gutera akabariro nk’uko bikwiye. Ubushakashatsi bw’abaganga b’Abanyamerika bemeza ibyo, bakomeza bavuga ko mu buham ... ibikurikira
Ubugumba bw’abagabo ngo bugendana n’imyaka baba bafite
Iyi nkuru yanditswe kuwa 26 / 01 / 2012, 14:20
Ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’abahanga bo mu gihugu cy’u Bufaransa bwagaragaje ko urugo rumwe mu ngo ebyiri ziba zabashije kwisuzumisha ku kibazo cyo kutabyara k’umugabo ari rwo rubasha kubona ... ibikurikira
Gukorwa kw’amabya atari karemano (testicule artificiel) ngo bizakemura ubugumba bw’abagabo!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 01 / 2012, 17:19
Mu minsi iri imbere bitewe n’iterambere, ngo abagabo bafite ikibazo cy’ubugumba butewe n’ikibazo cyo kwangirika kuri umwe mu mwanya ndangagitsina ukora intanga ngabo (amabya), ngo abahanga bashobora k ... ibikurikira
Nyuma yo gusambana n’abagore bagera kuri 300 yatangaje ko agiye guhagarika ubusambanyi!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 14 / 01 / 2012, 13:18
Mu gihe Filimi yitwa Shame ivuga ku kuba imbata y’imibonano mpuzabitsina yashyirwaga ahagaragara mu gihugu cy’u Bwongereza, Jeff Leach, Umwongereza uzwi nk’umukinnyi w’amafilimi asetsa (comedien) yabo ... ibikurikira
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo benshi bakora igikorwa cyo kwikinisha igihe bari ku kazi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 14 / 01 / 2012, 13:04
Mu bushakashasi bwakozwe n’ikinyamakuru Glamour US cyandikirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje ko 31% by’abagabo bakora igikorwa cyo kwikinisha igihe bari ku kazi. ... ibikurikira
Gukora imibonano Mpuzabitsina n’inyamaswa ngo bishobora gutera kanseri y’igitsina-gabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 28 / 12 / 2011, 23:31

Iyo bavuze kugira imibonano mpuzabitsina n’inyamaswa hari abashobora kugira ngo ni ibikino cyangwa ntibibaho. Bibaho rero, aho abantu bagirana imibonano mpuzabitsina n’imbwa zabo cyangwa izind ... ibikurikira
Abaganga babonye imyanya myibarukiro gore yakuriraga mu nda y’umugabo!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 12 / 2011, 00:32
Nk’uko tubikesha urubuga rwa internet: naturalnews.com, ngo mu gihe abaganga barimo bavura umugabo w’umuhinzi wo mu Buhinde mu Bitaro by’ahitwa Bhopal Madya Pradesh muri icyo gihugu, ngo batangajwe no ... ibikurikira
Yikinishije hafi amasaha icumi, aba uwa mbere uciye agahigo!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 12 / 2011, 00:24
Uwo nta wundi ni Masanobu Sato, umusore ufite inkomoko mu mugi wa Tokyo mu gihugu cy’Ubuyapani, ngo ni we wegukanye umudari mu kwikinisha ku isi. ... ibikurikira
Ese igitsina cy’umugabo gikwiye kureshya gute?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 12 / 2011, 23:22
Mu bibazo bikunze kwibazwa, harimo kumenya uko igitsina cy’umugabo gikwiye kureshya ndetse hari n’aho usanga n’abatari bake bafite ipfunwe ry’uko baba bafite igitsina gito. Ariko se haba hari impamvu ... ibikurikira
Ku myaka 34, Umunya-Ecosse Jamie Cumming afite abana 14
Iyi nkuru yanditswe kuwa 30 / 11 / 2011, 01:53
Jamie Cumming, Umunya-Ecosse w’imyaka 34 y’amavuko amaze kubyarana n’abagore batandukanye abana 14 kandi akaba yitegura kubona abandi 3 mu mwaka utaha, bityo bakazaba bageze kuri 17, nk’uko tubikesha ... ibikurikira