Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku bagore
Uziko ababyeyi 8 ku 10 bamenya bwangu icyakorwa ku mpanuka zo mu ngo ku bana babo kurusha abagabo?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 11 / 2012, 22:58
Ababyeyi 8 ku 10, bangana na 81% bamenya vuba ubutabazi bw’ibanze bakorera abana babo mu gihe habaye impanuka zo mu ngo, akaba ari amakuru dukesha urubuga Topsante, mu bushakashatsi bwakorewe mu Bufar ...
ibikurikira
Ibihe byo gutwitamo ntibisa n’ibindi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
15 / 11 / 2012, 23:11
Ni byiza ko wamenye uburyo butandukanye mu kuba wamenya ko uri mu gihe cyo gutwita, kugira ngo bibe byakurinda gutwita utabiteganyije, cyangwa ngo uhorane ubwoba bwo gukorana urukundo n’uwo wihebeye k ...
ibikurikira
Wari uzi abagabo bakururwa cyane n’ibyo babona n’amaso ibiri ku mutima bikaza nyuma?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
13 / 11 / 2012, 23:22
Abagabo bakunda uburyo bwari busanzweho kuva na kera kuko bashimishwa n’ibyiyumvo biturutse k’ubyo babonye. N’ubwo usanga umubano ku bakundana uba ufite agaciro, usanga ukunda gukomera iyo habayeho no ...
ibikurikira
Nyanza: Amaze imyaka 7 ahohoterwa nabo mu muryango yashatsemo bamuziza ko abyara abakobwa gusa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 11 / 2012, 10:38
Uwizeyimana Louise w’imyaka 38 utuye mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza ahohoterwa nabo mu muryango yashyingiwemo bavuga ko yaje kuca umuryango kuko mu mbyaro enye zose nta muhungu n’umwe urimo. ...
ibikurikira
Sobanukirwa impamvu abagore batwite babyimba ishinya n’icyakorwa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
01 / 11 / 2012, 00:45
Ubusanzwe kubyimba ishinya biba ari indwara, ariko ku bagore batwite bigafatwa nk’ibisanzwe kuko ahanini ngo biba bitewe n’imihindukire y’umugore utwite aho hagaragazwa ihinduka ry’imisemburo ya “estr ...
ibikurikira
Ni gute wakwitwara mu gihe ubyaye bigutunguye?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 10 / 2012, 00:33
Akenshi na kenshi hari igihe kigera umubyeyi utwite akaramukwa kandi we yari agiteganya iminsi mike imbere yo kuba acyitegura kuba yakwibaruka agahinja. Hari igihe afatwa n’ibise mu gihe atari yiteze ...
ibikurikira
Intungamubiri z’ingenzi zifasha umwana gukura neza mu gihe umutwite
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 10 / 2012, 00:29
Mu gihe utwite ihatire intungamubiri, zizagufasha zigafasha n’uwo utwite gukura neza kandi akurane ubwenge nka vitamine D na Acide folique (B9). ...
ibikurikira
Umugore utwite yakora iki kugira ngo abashe gusinzira neza?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 10 / 2012, 00:32
Ubusanzwe abagore batwite bakunda gutaka bya hato na hato nko kubabara mu gatuza, iseseme no kubabara mu mitsi ku buryo biba bisaba kumenya uburyo babasha gukoresha kugira ngo basinzire neza mu kwifas ...
ibikurikira
Musanze: Umubyeyi yabyaye abana bane icya rimwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 10 / 2012, 00:30
Nyirakanyana Francoise w’imyaka 36 yibarutse abana bane, mu ijoro rishyira tariki 15/10/2012, bose bakaba bameze neza gusa bari mu byuma byabugenewe kugira ngo babashe kuzuza ibiro bisabwa ngo bahabwe ...
ibikurikira
Umuvuduko mwinshi w’amaraso k’umugore utwite ushobora kugira ingaruka zo kuba havuka umwana ufite ubwenge bucye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 10 / 2012, 00:27
Nk’uko byakunze kuvugwa kenshi, ubuzima bw’umubyeyi bugira ingaruka ku mwana atwite, n’umuvuduko w’amaraso ushobora kugira ingaruka zo kuba umwana batwise yavukana ubwenge bucyeya. ...
ibikurikira
Abatwandikiye: Nakoresheje uburyo bwo kuboneza urubyaro bw’agapira ariko niyongereye ibiro 25kg mu gihe cy`umwaka, birababaje - Marie
Iyi nkuru yanditswe kuwa
15 / 10 / 2012, 03:14
Ndabashimira ku byo mutugezaho ku bijyanye n’uburyo bwo kuringaniza urubyaro. Abenshi bavuga ko kuringaniza urubyaro bibyibushya ariko nanone bigaterwa n’imiterere y’umubiri w`umuntu. ...
ibikurikira
Dore inama z’ingenzi umugore akwiye kwitwararika kugira ngo urugo rurusheho gukomera
Iyi nkuru yanditswe kuwa
15 / 10 / 2012, 03:11
Muri iki gihe haragenda hagaragara ugutana kw’ingo nyinshi bitewe no kubura ubwummvikane mu muryango kandi ibi byose si ko ba nyir’ubwite baba babyifuza. Buri wese rero aba asabwa guhora aharanira ko ...
ibikurikira
Sobanukirwa no guhangayika umubyeyi agira mbere na nyuma yo kubyara
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 10 / 2012, 04:10
Hari ibibazo byakunze kuvugwaho n’abashakashatsi aho bagaragaje ko ababyeyi batwite kandi banakuriwe bakunda kwibasirwa n’icyo bise « Baby-blues » aho umubyeyi ahangayika cyane cyane nyuma yo kwibaruk ...
ibikurikira
Hari inama nyazo zagufasha kwirinda ko amabere yawe yagwa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 10 / 2012, 04:09
Tugendeye ku makuru yashyizwe ahagaragara n’urubuga rwa internet rwitwa e-sante.fr, abantu benshi ku isi b’igitsina gore bumva umubiri wabo wagumana uburanga ndetse n’imiterere baba bifuza. Iki kinyam ...
ibikurikira
Sobanukirwa na zimwe mu mpamvu zitera kubyara umwana udashyitse
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 10 / 2012, 00:16
Kubyara igihe kitaragera buri gihe haba hari impamvu zibiteye ndetse kenshi abana bavuka badashyitse baba bafite ibibazo byinshi cyane harimo no guhumeka nabi, ndetse bishobora no kubaviramo urupfu ig ...
ibikurikira
Amakosa 6 umugore / Umukobwa ashobora gukora bigatuma atwita atabiteganije
Iyi nkuru yanditswe kuwa
27 / 09 / 2012, 00:54
Hari igihe abashakanye bahura nikibazo cyo gutwita kandi barihaye gahunda yo kuringaniza urubyaro bakaba batekereza ko hari umwe waciye Inyuma yundi ,kandi nyamara ushobora gusanga hari amakosa yakozw ...
ibikurikira
Ese wari uzi ko itabi ku mugore utwite ritera umubyibuho ukabije ku ruhinja?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
18 / 09 / 2012, 00:20
Ibyago ku mugore utwite biba ari byinshi kuri we adasize n’umwana atwite nk’uko byagiye bivugwaho kenshi kuva kera. Muri ibi byago abahanga bagaragaje ko abana bavutse ku babyeyi banyoye itabi batwite ...
ibikurikira
Mfite amabere arimo kugwa. Nabigenza nte?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 09 / 2012, 07:11
Akenshi abakobwa bagitangira ubwangavu baba bumva umubiri wabo waguma ugatera uko babyifuza, ntibagire impinduka zigaragara cyane, gusa iyi ni intambwe iba itagomba kwirengagizwa mu buzima. ...
ibikurikira
Sobanukirwa n’indwara ya “Preeclampsia”, Ibise biza igihe kitaragera
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 09 / 2012, 07:07
Abagore batwite bakunda guhura n’ibibazo akenshi bikunda kuza bibatunguye ari na yo mpamvu baba bategetswe kwegera muganga ushobora kuba yabagira inama igihe cyose akabazo kavutse. ...
ibikurikira
Kuki abagore bakunda kuzana inda bageze mu myaka 50 ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 09 / 2012, 07:06
Abantu benshi bakunda kwibaza impamvu umugore ucuze akunda guhura n’ikibazo cyo kuba yakongera ibiro cyangwa se ugasanga yazanye ibyo bakunda kwita “Ibinyenyanza” no mu nda hakaguka bityo ugasanga ibi ...
ibikurikira
Previous
1
2
3
4
5
6
7
8
9
...
14
15
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.