Inkuru zitandukanye ku bagore
Wari uzi ko ushobora kwishyiramo ko utwite, inda ikaba nini nk’utwite kandi atari byo!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 26 / 07 / 2012, 00:22
Bijya bibaho ko umugore ashobora kwishyiramo ko atwite ari byo mu rurimi rw’amahanga (grossesse imaginaire) ariko mu by’ukuri atari byo. Akaba yanagaragaza ibimenyetso nk’iby’umugore utwite, mu gihe a ... ibikurikira
Waba uzi iki ku ndwara yo kujojoba cyangwa « Fistule »? Ese iterwa n’iki?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 26 / 07 / 2012, 00:15
« Fistule » cyangwa « Indwara yo kujojoba », ni indwara iterwa n’uko haba habayeho inzira idasanzwe ihuza uruhago rw’inkari, Inzira z’inkari n’inkondo y’umura cyangwa inkondo y’umura n’urura runini ru ... ibikurikira
Menya indwara itera ubugumba ku bagore yitwa “Salpingite”
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 07 / 2012, 00:28
Salpingite ni indwara ifata imiyoborantanga, iyi ndwara ikaba yibasira cyane igitsina gore. Iterwa cyane n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Iyi ndwara iyo uyirwaye ikubaho akarande, kubera ... ibikurikira
Ni iki umugore yakora ngo ntace imbyaro hakiri kare?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 07 / 2012, 00:11
Ubusanzwe guca imbayro n'ibintu biza uko byishakiye bikaba bivugwa igihe nibura umugore amaze umwaka atabona imihango kandi arengeje imyaka 45. ... ibikurikira
Ese waba uzi igitera iseseme no kuruka ku mugore utwite? Yabirwanya ate?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 23 / 07 / 2012, 04:53
Iseseme no kuruka ni ikibazo gikunze kugaragara ku bagore batwite, kikaba kibasira abagore bari hagati ya 50% na 80%.Impamvu ya nyayo ibitera kugeza ubu ntabwo izwi ariko hari bimwe na bimwe bikekwa k ... ibikurikira
Niba utwite gerageza kugabanya igihe wamaraga uhagaze
Iyi nkuru yanditswe kuwa 23 / 07 / 2012, 00:05
Abana bavutse ku babyeyi bakora akazi kabasaba kumara igihe kitari gito bahagaze usanga imikurire yabo ari iya ntayo ugereranije n'ababyeyi bakora akazi kabo bicaye igihe batwite. ... ibikurikira
Ni gute wakwirinda zimwe mu ndwara zifata imyanya ndanga gitsina / Infection vaginale?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 07 / 2012, 00:22
Abagore bakunze kwita ku isuku y’umubiri wabo cyane cyane ibice bigaragara nko mu maso, amaguru, n’ahandi ugasanga birengagiza igice cy’igitsina nyamara kandi kutita ku isuku yaho ni imwe mu mpamvu ... ibikurikira
Abaganga bashingira kuki bavuga itariki umubyeyi azabyariraho?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 07 / 2012, 00:11
Ababyeyi benshi bajya kwisuzumisha igihe batwite bakunda kubazwa igihe baherukira mu mihango, benshi babyibazaho kuko rimwe na rimwe baba babwiye mu ganga ko babizi neza ko batwite. ... ibikurikira
Ese ni ryari ushobora gufa uburyo bwo kuboneza urubyaro bwihutirwa?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 16 / 07 / 2012, 00:49
Abantu batari bacye bakunze kwitirinya uburyo bwo kuboneza urubyaro bwihutirwa n'ikinini kimwe gifatwa mu gihe kitarenze amasaha 72 umugore akoze imibonampuzabitsina idakingiye bita “Pilule du lendema ... ibikurikira
Kuboneza urubyaro birokora ubuzima bw'abagore bagera ku 250,000 buri mwaka
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 07 / 2012, 01:00
Kuboneza si iby’agaciro ku mwana gusa ahubwo na nyina ubwe abyungukiramo. Le Figaro.fr ivuga ko kuboneza urubyaro birokora ubuzima bw'abagore basaga 250,000 ku isi buri mwaka kandi ko bishobora no kur ... ibikurikira
Wari uzi ko kongera kunanuka nyuma yo kubyara bishoboka?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 07 / 2012, 00:52
Iyo umugore amaze kubyara hari byinshi bihinduka mu buzima bwe. Niba uri umugore umaze kubyara, umubiri wawe ugasanga utangiye kubyibuha ku buryo butumvikana, wihangayika kuko burya kongera kunanuka u ... ibikurikira
Ese umugore uboneza urubyaro yifashishije ibinini yakora iki igihe yibagiwe kubifata?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 07 / 2012, 00:21
Igihe habaye ibyago by'uko abagore baboneza urubyaro bakorehseje gufata ibinini bakibagirwa kubinywa uwo mu nsi, usanga umubare utari muto wabo wabuze uko wabyifatamo ku munsi ukurikiyeho, n’iyo mpamv ... ibikurikira
Ni ibiki biba bigize amasohoro y'umugore igihe akora imibonano mpuza bitsina ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 10 / 07 / 2012, 00:59
Abantu bakunda kwibaza ibiba bigize amasohoro y'umugore cyangwa se bakibaza bati “Ni gute biba bimeze iyo umugore agize ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina? Ese mu kurangiza kwe ni biki biba bi ... ibikurikira
Wari uzi ko abagore bagira ibyago byo kuribwa mu nda kurusha abagabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 09 / 07 / 2012, 01:16
Nk’uko byanditswe mu nkuru y’ikinyamakuru le Point.fr yo ku wagatanu tariki 29 Nyakanga, impumuguke Pr Nurdan Tözün, wo mu ishuri rikuru ryigisha iby’ubuvuzi (Acibadem University School of Medicine) r ... ibikurikira
Sobanukirwa n’igitera kwiyongera kw’amashereka ku mubyeyi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 09 / 07 / 2012, 00:59
Kwiyongera kw’amashereka ni igikorwa karemano kibaho akenshi nyuma yo kuvuka k’uruhinja, ku buryo usanga ababyeyi babyishimira kuko baba bashoboye kugaburira abo babyaye. Ariko kandi igikunda kugarukw ... ibikurikira
Abagore bakiri bato ngo baba bagira amashyushyu y’imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara kurusha abakuze
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 07 / 2012, 00:25
Ubundi ubusanzwe ngo abagore nyuma yo kwibaruka ntibajya bagira amashyushyu yo gukora imibonano mpuzabitsina, uretse wenda rimwe na rimwe, ariko mu Bushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya MICHIGAN (Mich ... ibikurikira
Ubwongereza: Nyuma yo kubyara ngo bibafata nibura iminsi 409 kugira ngo batore agatege
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 07 / 2012, 00:21
Ubushakashatsi bwakozwe mu Bwongereza, buvuga ko nyuma yuko abagore (babyaye bakiri bato) kugira ngo bagarure agatege bagire ibyiyumviro byo kongera gukora iby'urukundo (imibonano mpuzabitsina) bibas ... ibikurikira
Yamenye ko yabyaye nyuma yo kuva muri Koma
Iyi nkuru yanditswe kuwa 05 / 07 / 2012, 00:15
Umugore uzwi ku izina rya Emma Mynors akaba afite imyaka 23 y ‘amavuko, yibarutse umwana mbere ho ibyumweru 29 ku gihe gisanzwe. ... ibikurikira
Sobanukirwa n’ikibazo cyo kutagira ububobere mu gitsina cy’umugore n’umuti wabyo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 07 / 2012, 02:24
Kutagira ububobere bw’ igitsina gore cyangwa (Secheresse vaginale, Vaginal dryness) bishobora kuba ikibazo. Bitewe n’imico itandukanye hari aho bifatwa nkaho ari byiza, hari n’aho bifatwa nk’ inenge. ... ibikurikira
Ni ryari umuntu yagira impungenge zo gukora imibonano mpuzabitsina atwite?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 28 / 06 / 2012, 00:01
Abantu benshi bibaza ibibazo byinshi ku byerekeranye n’imibonano mpuzabitsina ku mugore utwite, nko kwibaza niba yaba ari mibi, amezi imibonano igomba gukorerwamo, igihe igomba guhagarara gukorwa, cya ... ibikurikira