Inkuru zitandukanye ku bagore
Afite intumbero yo kuba uwa mbere ku isi mu kugira amabere manini
Iyi nkuru yanditswe kuwa 26 / 06 / 2012, 00:29
Nyuma yo gukorerwa amasuzuma menshi (Chirurgie esthetique) Paula Simonds, umu mama w'abana batandatu, aratangaza ko atazigera ahagarika umugambi we wo kuba uwa mbere mu kugira umutungo w'amabere manin ... ibikurikira
Gukora amasaha y’ijoro byongera ibyago byo kurwara kanseri y’ibere ku bagore
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 06 / 2012, 01:04
Gukora nijoro bishyirwa mu majwi mu byongera ibyago byo kwandura kanseri y’ibere kuko ubundi bitandukanye n’amahame agenga ubumenyamuntu kandi akazi gakozwe nijoro kongera ibyago byinshi. ... ibikurikira
Ese ni byiza kunywa Soda mu gihe utwite ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 06 / 2012, 00:31
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo gishinzwe ubusugire bw’ubuzima bwa muntu cyo mu gihugu cy’u Bufaransa (Anses), gitangaza icyo babona ku ngaruka zo kunywa ibiryoherera ku mubyeyi utwite ndetse n’uwo at ... ibikurikira
Ese ni ryabi havugwa ko inda yavuyemo, biterwa n’iki, bigira izihe ngaruka ku mubyeyi?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 06 / 2012, 00:36
Iyo umugore atwite inda itaragira amezi atandatu, cyangwa se iminsi 18, hanyuma igahungabana ikavamo, nibwo bivugwa ko umugore yakuyemo inda (avortement). Inda ikaba ishobora kwikuramo wenda hari ubur ... ibikurikira
Ese umugore / umukobwa ashobora gusama kandi ari mu mihango?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 06 / 2012, 00:33
Reka dusubize abakunzi bacu batandukanye batubajije iki kibazo, bibaza niba umukobwa cyangwa umugore ashobora gusama mu gihe ari mu mihango. ... ibikurikira
Bimwe mu bimenyetso bidakwiye kwirengagizwa n’abagore iyo babigaragaje
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 06 / 2012, 00:19
Ubusanzwe kubera inshingano nyinshi ziba zireba umugore zirimo akazi ka buri munsi, abana ndetse n’umugabo, abagore benshi ntibakunze kwita ku buzima bwabo bwite. Hari ibimenyetso by’indwara bishobora ... ibikurikira
Mugore/mukobwa: Uburyo 4 wakoresha mu kumenya iminsi y’uburumbuke
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 06 / 2012, 00:59
Kumenya uko umubiri wawe uteye no kubasha kumenya igihe cy’uburumbuke ni ubumenyi bw’ingenzi cyane k’umukobwa cyangwa umugore, kuko bimufasha kwirinda inda zitateguwe cyangwa bikamufasha kumenya igihe ... ibikurikira
Uburyo ugomba kwitwaramo mu kazi igihe utwite
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 06 / 2012, 00:44
Mu gihe abagore bamwe usanga ntacyo bibatwaye, ku bandi biba ngombwa ko bareka gukora imirimo y’ingufu ahubwo bagakora iyoroheje, cyangwa se bakagabanya ibyo bakoraga mu buzima bwa buri munsi, cyangwa ... ibikurikira
Kuki umuntu ashobora kuva amaraso menshi mu igihe cy’imihango?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 15 / 06 / 2012, 02:37
Iki ni ikibazo abagore benshi bibaza, kuko usanga kibabangimiye ndetse rimwe na rimwe bikabaviramo no kureka imirimo bakora.
Umuntu se yavuga ko yavuye amaraso menshi ari uko byagenze gute ? ... ibikurikira
Mbere no mu gihe cyo gutwita ni ngombwa kugenzura ibiro byawe
Iyi nkuru yanditswe kuwa 11 / 06 / 2012, 00:07
Ibiro umubyeyi afite mbere no mu gihe atwite ngo bigira ingaruka ku mwana azabyara. Mu yandi magambo biba bishoboka ko wabyara umwana ufite ibiro bikabije kuba byinshi cyangwa se bicyeya. Ibi ni ibyas ... ibikurikira
Kurya indyo ipimye ku bagore batwite bigabanya umubyibuho ukabije ku bana bazabyara
Iyi nkuru yanditswe kuwa 09 / 06 / 2012, 15:16
Ubushakashatsi bwakozwe n’Abongereza buvuga ko kwirinda kurya ibiryo byinshi ari kimwe mu byarinda umugore utwite kugira ibiro birenze urugero. Ibi biro byinshi bikaba ari na yo ntandaro y’ibibazo bya ... ibikurikira
Sobanukirwa uko abagore batwite bashobora kwirinda isesemi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 04 / 06 / 2012, 00:58
Mu bagore 10 batwite, 7 muri bo usanga bahura n’ikibazo cyo kugira iseseme, mu buryo butandukanye bitewe n’imiteree y’imibiri yabo , aho ushobora gusanga bamwe inabazahaza cyane rimwe na rimwe ikabab ... ibikurikira
Nyamata: Yatawe muri yombi akekwaho gukuramo abakobwa inda
Iyi nkuru yanditswe kuwa 04 / 06 / 2012, 00:48
Kuri station ya Police ya Nyamata mu karere ka Bugesera hafungiye umugabo ukekwaho gukuramo inda umukobwa wabimusabye. Nyir’ugukurwamo inda arabyemera akabisabira imbabazi akavuga ko yabihatiwe n’umus ... ibikurikira
Sobanukirwa n’impamvu zishobora gutuma umugore abyarira igihe kirenze igiteganijwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 06 / 2012, 16:00
Ubusanzwe bavuga ko umwana yavutse arengeje igihe iyo bamutwise igihe kirengeje ibyumweru 42 (Iminsi 294 uhereye ku munsi wa mbere w’imihango ya nyuma). Ababyeyi benshi batwita hagati y’ ibyumweru 37 ... ibikurikira
Inama 5 zagufasha kwirinda umuco wo kurya inzara
Iyi nkuru yanditswe kuwa 01 / 06 / 2012, 14:42
Abantu benshi usanga bakunze gutamira intoki zabo bagahekenya inzara kandi ugasanga na bo ubwabo bavuga ko ibi babikora batabishaka. Dore rero amayeri 5 yagufasha kurwanya uyu muco utari mwiza nk’uko ... ibikurikira
Abazungukazi barenga 20% banywa itabi mu gihe batwite
Iyi nkuru yanditswe kuwa 31 / 05 / 2012, 00:15
Hejuru y’abagore 20% b’abazungu ngo bakomeza kunywa itabi no mu gihe baba batwite, mu gihe abagera kuri 14% b’abirabura ari bo banywa itabi muri iki gihe. ... ibikurikira
Uburoso bukoreshwa mu gihe wimakiya (Make up) bugomba kugirirwa isuku ihoraho
Iyi nkuru yanditswe kuwa 30 / 05 / 2012, 00:22
Abagore basobanukiwe n’ibyo kwiyitaho mu buryo bwo kwisiga ibirungo (maquillage/makeup), bakunze gukoresha ibikoresho bitandukanye birimo uburoso bifashisha mu kwiha isura nshya. Gusa ubu buroso busho ... ibikurikira
Ese ni gute umugore yamenya iminsi ye y'uburumbuke?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 30 / 05 / 2012, 00:18
1. Umugore ugira ukwezi guhindagurika yamenya ate iminsi y’uburumbuke ye? Tuvuge ugira 33jours, 34...Ese uriya munsi wa 14 hari icyo wamufasha mu mibare ye?

2. Bavuga ko hari igihe bish ... ibikurikira
Urukingo rw'inkondo y'umura icyiciro cya kabiri
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 05 / 2012, 00:29
Icyiciro cya kabiri cya gahunda yo gukingira abana b’abakobwa cancer y’inkondo y’umura cyatangiye kuri uyu wa kane mu gihugu hose, icyo gikorwa kikazamara iminsi 2. Muri iyi minsi yombi hagamijwe guki ... ibikurikira
Igihe utwite bwa mbere ku myaka 40 ugomba kugabanya ibiro
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 05 / 2012, 00:14
Gutwita n’ibintu bisanzwe ku bagore, ariko ngo si byiza gutwita ugeze mu zabukuru. Ubushakashatsi buherutse gushyirwa ahagaragara n’impuguke mu by’ubuzima bw’abagore batwite zo muri Leta Zunze Ubumwe ... ibikurikira