Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku bana
Waba uzi impamvu bavuga ko umwana utarize mu gihe cyo kuvuka aba atari muzima?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 11 / 2012, 23:20
Iki ni ikimenyetso abantu bakunda kuvugaho byinshi aho banavuga ko bigaragaza ko isi yo gukotana iba ikwakiriye, gusa twebwe tugiye kurebera hamwe impanvu uku kurira kwitwa ikimenyetso cy’uko umwana u ...
ibikurikira
Ingorane ziboneka mu gihe ukuye umwana ku miti atubahirije amabwiriza ya Muganga
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 10 / 2012, 00:31
Akenshi na kenshi ababyeyi bakunze kwirengagiza ko guha umwana umuti wabona atangiye koroherwa ugahita uwuhagarika atarakira byangiza ubusugire bw’imikorere y’umubiri we. Ibi bikaba byaratumye zimwe m ...
ibikurikira
Hari benshi barimo gucikanwa na gahunda iriho yo kwita ku buzima bw’umwana n’umubyeyi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 10 / 2012, 00:34
Guhera tariki 16-18/10/2012, ku bigo nderabuzima no ku biro by’utugari twose turi mu gihugu, harabera igikorwa cyo gukingira ubuhumyi ku bana batarageza ku myaka itanu, guha imiti y’inzoka ababyeyi ba ...
ibikurikira
Umwana witwa Niwemwiza ku mwaka umwe n’amezi abiri afite ibiro 25
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 10 / 2012, 00:37
Umwana witwa Niwemwiza wo mu karere ka Rulindo afite ikibazo cy’umubyibuho ukabije ugereranije n’uko abana bari mu kigero cye baba bangana. Ku mwaka umwe n’amezi abiri, Niwemwiza apima ibiro 25. ...
ibikurikira
Bafashwe biyitirira umwana utari uwabo ngo abone ibyangombwa bamujyane muri Kenya
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 10 / 2012, 00:36
Sebagabo Charles n’umugore we Nyiramawombi Esperance bafatiwe ku biro bikuru bishinzwe abinjira n’abasohoka kuwa gatatu tariki 26/09/2012 bashaka kwiyitirira umwana utari uwabo, kugira ngo abone ibyan ...
ibikurikira
Wari uzi ko Inkongoro y’abana (bibero) ifite uruhare runini mu kwangirika kw’amenyo yabo ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 10 / 2012, 00:35
Ababyeyi benshi cyangwa abakozi bo mu rugo bakunda gukoresha inkongoro y’abana nk’igikoresho gikomeye mu guhoza abana igihe badafite ubundi buryo bwo gukoresha mu kubahoza, ari ko ngo iki ni ikintu ki ...
ibikurikira
Ese kureka uruhinja rukarira hari icyo byaba birutwara?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 09 / 2012, 00:08
Mu bushakashatsi bushya bwatangajwe n’abahanga mu by’ubuzima bw’umwana batangaje ko kureka umwana w’uruhinja akarira igihe bimujemo ntacyo bitwara ubuzima bwe kuko uwo mwana azakomeza kuba uwo ari we ...
ibikurikira
Impamvu ari ngombwa ko umwana ahura n’ibimwanduza
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 09 / 2012, 00:06
Hari ababyeyi bamwe na bamwe baba batifuza ko abana babo bagera hasi banga ko hari ikintu na kimwe cyakwanduza umubiri wabo, nyamara ngo muri uko kwandura hari ingaruka nziza zishobora kubonekamo akab ...
ibikurikira
Zimwe mu mfubyi za Orphelinat Noel zananiwe kuba mu miryango zisubira muricyo kigo
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 09 / 2012, 00:32
Igikorwa cyo gukura bana b’imfubyi mu bigo barererwamo kuri uyu wa kagatatu cyatangirijwe mu kigo cy’imfubyi cya orphelinat noel yo ku Nyundo mu karere ka Rubavu. ...
ibikurikira
Menya icyo wakora mu kurinda umwana wawe kugira amenyo yashiririye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 09 / 2012, 00:28
Kenshi na kenshi usanga abana bafite amenyo ashiririye ariko bigafatwa nkaho ari ibintu bisazwe. Nyamara bigira ingaruka nyinshi ku menyo amera nyuma yo gukuka aya ngaya aba yarashiririrye, kuko aya n ...
ibikurikira
18% by'abana bato bapfa ku isi bahitanwa n'umusonga
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 09 / 2012, 07:09
Ubushakashatsi bwatangajwe mu mpera z’icyumweru dushoje n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) buvuga ko indwara y’Umusonga ari yo iza ku isonga mu guhitana abana benshi batar ...
ibikurikira
Hari uburyo nyabwo bwo gukosora umwana utararenza imyaka 3 avutse
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 09 / 2012, 00:34
Ababyeyi n’abarezi muri rusange bakunda kuvuga ko ugomba guhana umwana akiri muto, ugomba kumubwira “Oya” akayimenyera akiri muto n’ibindi byinshi biganisha ku bihano ku bana bari munsi y’imyaka itatu ...
ibikurikira
Menya icyo wakora mu gufasha umwana muto igihe arwaye uruheri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
31 / 08 / 2012, 02:41
Bitewe n’impanvu zitandukanye uduheri dushobora gufata uruhu rw’umwana nkuko bishobora no kuba k’umuntu mukuru. Gusa umwana aba akeneye kwitabwaho cyane cyane we ko ataba azi neza icyo yakora ngo yifa ...
ibikurikira
Bugesera: AHISHAKIYE Alexis amaze imyaka 10 umubiri we udakura, banamuhimbye “Little man”
Iyi nkuru yanditswe kuwa
30 / 08 / 2012, 03:47
Mu karere ka Bugesera mu Murenge wa Juru mu kagari ka Musovu hari umwana witwa Ahishakiye Alexis urwaye indwara ituma umubiri we udakura kuko uheruka gukura afite imyaka itatu gusa. ...
ibikurikira
Burya hari icyo umubyeyi asabwa gukorera umwana igihe ari kurira
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 08 / 2012, 07:09
Kurira k’umwana bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye; muri zo harimo kwerekana icyo umwana akeneye, ikimubangamiye cyangwa se nta n’icyo akeneye ari byo bita “Collique” mu ndimi z’amahanga. Ubu tu ...
ibikurikira
Afurika: Imirire mibi ku bana iri ku rugero rwo hejeru ugereranije n’Indi migabane
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 08 / 2012, 00:59
Ishami ry'umuryango w'Abibumbye ryita ku bana, UNICEF ryatangaje mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Kanama 2012 ko umubare w'abana bafite icyibazo cy'imirire mibi uza kuba ugeze kuri miliyoni imwe n'igice ...
ibikurikira
Abana bahanishwa inkoni bibagiraho ingaruka z’ihungabana rikomeye iyo bamaze gukura
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 08 / 2012, 00:57
Abantu bakubiswe iminyafu n’inshyi bakiri abana bagira ibyago byinshi byo kurwara indwara zo mu mutwe no kugira imyitwarire mibi irimo urugomo no gusarikwa n’ibiyobyabwenge iyo bamaze gukura, nk’uko u ...
ibikurikira
Umubyibuho ukabije ku bana ubatera ikibazo cy’umutima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
31 / 07 / 2012, 00:16
Ubusanzwe indwara y’umutima ikunze gufata abantu bari mu myaka ya 35 kuzamura, ariko nkuko tubikesha urubuga rwa BBC, ngo ubushakashatsi bwakorewe ku bana 307, bitatu bya kane byagaragaje bimwe mu bim ...
ibikurikira
Ingaruka mbi zo kunyunyuza urutoki k’umenyo y’umwana
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 07 / 2012, 08:13
Abanta bakunda kunyunyuza urutoki kenshi ababyeyi ntibagire icyo babitekerezaho. Nubwo ari ibintu bisanzwe ku bana, bigira ingaruka mbi cyane ku mitondekere y’amenyo yumwana. Ihuriro ry’abaganga b’ame ...
ibikurikira
Kigali: Amahugurwa y’abana ku birebana n’uburenganzira bwabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 07 / 2012, 08:11
Abana bagera kuri 30 baturutse mu turere dutandukanye tw’igihugu bahuriye mu mahugurwa yo kubakangurira kumenya uburenganzira bwabo ndetse n’uko bakomeza kubuharanira .Aya mahugurwa yateguwe n’umuryan ...
ibikurikira
Previous
1
2
3
4
5
6
7
8
9
10
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.