Inkuru zitandukanye ku bana
Konsa umwana neza bituma akura ari umuhanga utangaje
Iyi nkuru yanditswe kuwa 22 / 01 / 2012, 23:56
Konsa umwana ni kimwe mu bintu by’ingenzi bituma umwana agira ubuzima bwiza. Abahanga rero baremeza ko ngo iyo umwana yonkejwe neza bituma akura ari umuhanga ugereranyije n’abana bakura batarigeze bon ... ibikurikira
Kureka umwana agasinzira amasaha ari hejuru y’umunani (8) bituma agira ubuzima bwiza
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 01 / 2012, 17:23
Abashakashatsi bagaragaje ko abana baryama amasaha atari hejuru y’umunani ku munsi bishobora kubagiraho ingaruka kuko ngo bataba baruhutse neza, nk’uko tubikesha 7sur7. ... ibikurikira
Gutoza umwana kwijyana ku musarani akiri muto biba ingenzi mu mikurire ye
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 01 / 2012, 17:14
Kwigisha umwana kujya ku musarani nk’abantu bakuru ngo ni ikintu cy’ingenzi mu mikurire ye, gishobora kumurinda ibibazo igihe agiye ku ishuri nk’uko bitangazwa n’ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ... ibikurikira
Ngo aracyari imanzi nyuma yo kubyara abana 14!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 01 / 2012, 16:29
Ku myaka 36, umusore ukomoka mu mujyi wa Calfornia ngo ni se w’abana 14 ngo ariko aracyari imanzi cyangwa se ‘chaste’ mu rurimi rw’igifaransa (Ni ukuvuga umusore utarakora imibonano mpuzabitsina biger ... ibikurikira
Abana bonka hakoreshejwe “Biberon” barira gake ugereranyije n’abandi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 17 / 01 / 2012, 23:48

Mu by’ukuri uburyo bwiza bwo kugaburira umwana ukiri muto (Munsi byibuze y’imyaka 2) ari ukonswa na nyina, ariko nkuko bitangazwa na “The telegraph”, abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Cambrig ... ibikurikira
Abana banywa amata ngo ntibakunda kurira
Iyi nkuru yanditswe kuwa 16 / 01 / 2012, 16:19
Mu bisanzwe konsa umwana ni bwo buryo bwo kumuha indyo yuzuye mu gihe atararya ibiryo bisanzwe. Ariko nk’uko byashyizwe ahagaragara n’ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bwongereza, abana bonse cy ... ibikurikira
Umwana ugira ikibazo cyo gusinzira neza bishobora kumuviramo gukura agifite icyo kibazo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 11 / 01 / 2012, 23:49
Inkuru dukesha Fox News ivuga ko ababyeyi bakunze gusinzira batitaye ko abana babo baba basinziriye cyangwa badasinziriye ngo bagomba kumenya ko abana bafite ikibazo cyo gusinzira bakiri bato bikomeza ... ibikurikira
Nubwo ari impanga, Ruben na Floren barutanwaho imyaka itanu! Gute se?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 10 / 01 / 2012, 00:38
Ku busanzwe abagore bakunze guhura n’ikibazo cyo kudatwita, bakunze kwiteza intanga cyangwa kwa muganga bakazihuza: ibi bizwi ku izina rya ‘fécondation in vitro’ mu rwego rwo kubafasha kubona urubyaro ... ibikurikira
Inama 5 zagufasha kubasha kuganira n’uruhinja
Iyi nkuru yanditswe kuwa 05 / 01 / 2012, 17:39
Kuva umwana akivuka aba ashobora gusabana n’ababyeyi be mu buryo butandukanye nk’uko umuhanga mu bijyanye n’ubuvuzi bw’abana Dr Peyrat yabitangarije pysychologie.com, akanatanga inama z’uburyo ushobor ... ibikurikira
Gutsdinda mu ishuri bifitanye isano n’imyitozo y’umubiri
Iyi nkuru yanditswe kuwa 05 / 01 / 2012, 17:14
Uko umwana atsinda mu ishuri bifitanye isano n’uko akora indi mirimo nk’uko bivugwa n’abashakashatsi bahereye ku nyigo 14 zize ku bana barenga 12.000. Inyandiko ikubiyemo izo nyigo ivuga ko imyitozo y ... ibikurikira
Kudasabana n’umwana wawe biri mu bya mbere byamutera umubyibuho ukabije
Iyi nkuru yanditswe kuwa 04 / 01 / 2012, 12:35
Mu busanzwe, tuzi ko imirire mibi ndetse no kudakora siporo cyangwa se imirimo isaba imbaraga ari byo biza ku isonga mu gutera izamuka rikabije ry’ibiro ndetse n’indwara y’umubyibuho ukabije. ... ibikurikira
Impinja 10 ni zo zavutse mu mujyi wa Kigali, mu bitaro 4 mu gihe umwaka wa 2012 watangiraga
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 01 / 2012, 00:16


Mu mujyi wa Kigali impinja 10 ni zo zavukiye mu bitaro bitandukanye bigera kuri 4 ubwo umwaka wa 2012 wari utangiye. Muri izo mpinja 10 zavutse, 6 ni abakobwa abandi 4 ni abahungu. ... ibikurikira
Kwanga mama wawe bishobora kugutera umubyibuho ukabije
Iyi nkuru yanditswe kuwa 30 / 12 / 2011, 23:54
Hari ubwo umubyeyi agira atya akumva umwana we aramubwiye ati singukunda «ndakwanga ». Iki kikaba ari ikintu gishobora gutuma umwana agira indwara y’umubyibuho ukabije. ... ibikurikira
Ku isi hasamwa inda zigera kuri Miliyoni 180 – 200 mu Rwanda hakavuka abana bakabakaba 1/3 cya miliyoni
Iyi nkuru yanditswe kuwa 27 / 12 / 2011, 00:08
Imibare igaragazwa na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yerekana ko ku isi mu gihe cy’umwaka hasamwa inda ziri hagati ya miliyoni 180-200, mu Rwanda hakavuka abana bakabakaba icya gatatu cya miliyoni. Ku ... ibikurikira
Uruhinja rwavukanye imitwe 2 mu gihugu cya Bresil
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 12 / 2011, 22:26
Ku wa mbere w'iki cyumweru, tariki ya 19 Ukuboza 2011, umubyeyi wo mu gihugu cya Bresil yibarutse umwana w’umuhungu wavukanye imitwe 2. Uyu mwana yavukiye mu bitaro biri mu Majyaruguru ya Bresil mu nt ... ibikurikira
Menya uburyo bworoshye bwo kwirinda “Bronchiolite” ikunda gufata abana
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 12 / 2011, 03:55
Bronchiolite ni indwara ifata utujyana duto tw’umwuka mu bihaha (petites bronches), iyo ndwara ikaba iterwa n’udukoko twakwirakwiye kandi twandura (le virus respiratoire syncitial). Iyo virus ikaba ya ... ibikurikira
Ese koko kubyara abana benshi bigabanya kanseri y’udusabo tw’intanga ngore
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 12 / 2011, 00:39
Ubushakashatsi butandukanye burakorwa mu rwego rwo kureba ihuriro ryaba riri hagati yo kubyara abana benshi no kugabanuka kw’indwara ya kanseri ifata udusabo tw’intanga ngore (ovaires) nyamara ngo ibi ... ibikurikira
Ntibisanzwe - Yavutse apima amagarama 270
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 12 / 2011, 00:17
Muri leta zunze ubumwe za Amerika (USA) umwana w’umukobwa yavutse atuzuye maze avukana amagarama 270 aho afatwa nk’umwe mu bana bavutse ari bato ku isi. ... ibikurikira
Vietnam: Indwara idasanzwe y’intoki, ibirenge n’umunwa imaze guhitana Abanyaviyetinamu 156
Iyi nkuru yanditswe kuwa 17 / 12 / 2011, 15:55
Mu gihugu cya Vietnam, mu gace ka Hanoi, haravugwa imfu z’abantu 156 bazize uburwayi budasanzwe bw’ibirenge, intoki ndetse n’umunwa. Muri bo, hakaba higanjemo abana bato, ubu abagera ku 96.000 bakab ... ibikurikira
Abana bagera kuri 53% bari munsi y’imyaka 5 ku isi bapfa bazize imirire mibi n’indwara ziterwa na za mikorobe (Infection)
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 12 / 2011, 00:26
Nk'uko tubikesha igitabo ‘Illustrated book of paediatrics’, cyanditswe Dr Graham Clayden na Dr Tom Lissauer, icapisho ryacyo rya 3 ndetse no ku rubuga rwa internet: wikipedia.org, ngo abana bagera ku ... ibikurikira