Mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Fumbwe, akagali ka Tanda habaye ubwicanyi bwakozwe ku wa mbere n置mugore witwa Mutuyimana Christine wahotoye umwana we amunize, akaba yarafatanyije n置mugabo we muri ubwo bwicanyi. Bombi bemera ko bakoze icyo cyaha babigambiriye.
Intandaro y置bu bwicanyi ni uko uyu mugore yashatse Ngarambe afite umwana, hanyuma bombi basanga batazamurera, bahitamo kumwica ngo bikomereze ubuzima.Kuri uyu wa 2 Polisi iri kumwe n誕ba bagizi ba nabi bakoze urugendo rw段birometro bisaga 10, bajya gushaka ahajugunywe umurambo.Nyuma y置rugendo rw段modoka hifashishijwe ubwato kugira ngo bambuke ikiyaga cya Muhazi, ari na rwo rugendo rwakozwe n誕ba babyeyi bajya kwica uyu mwana w置mwaka umwe n段gice.Bombi basaga nk誕ho ntacyo bibatwaye ubwo basubiraga gushaka umurambo, w'icyo gitambambuga ariko nyuma batangaje ko bicuza icyaha.Mu gihe icyaha kizaba kibahamye, aba bombi bashobora gufungwa burundu kuko bateguye umugambi w置buhotozi bakawunoza neza nkuko biteganywa n段ngingo ya 312 y段gitabo cy誕mategeko ahana y置 Rwanda.Polisi ikomeje kugira inama abaturage kwirinda ubu bugizi bwa nabi bakanashimira inzego z誕baturage zatahuye aba bagizi ba nabi.Uyu mugore Mutuyimana Christine n置mugabo we Nshimiyimana Ngarambe kuri ubu bafungiwe kuri station ya polisi ya Kigabiro mu karere ka Rwamagana.Polisi y段gihugu iravuga ko kibazo cy'ubwicanyi mu miryango kimaze kuba ingorabahizi kuko hamaze gupfa nk誕bantu 15 muri uku kwezi, harimo ababyeyi bishe abana cyangwa se abana bishe ababyeyi babo.Ifoto: ikiyaga cya Muhazi bambutse bajya guta umurambo w'uwo mwanaSource: orinfor