Muri USA haravugwa ikorwa ry置mwijima mu buryo budasanzwe. Ubushakashatsi bwakorewe mu ntara ya Caroline y但majyaruguru mu kigo cy置bushakashatsi cyitwa Wake Forest, abahanga bakoze umwijima nubwo ari muto ugereranyije n置mwijima w置muntu ukaba ugizwe n段ngirangingo z置mwijima w置muntu ndetse n段ngirangingo z置mwijima w段nyoni.
Nyuma y置bu buhanga bwagezweho, aba bashakashatsi baratangaza ko hari ikizere ko indwara z置mwijima zishobora kuzavurwa burundu mu minsi iri imbere dore ko ubu abantu benshi bahitanwa buri munsi na zimwe mu ndwara z置mwijima hirya no hino ku isi. Ngo ikigambiriwe ni ukuzabasha gukora umwijima ungana kandi ukora neza kimwe n置mwijima usanzwe w置muntu kuko kizaba ari igisubizo kirambye ku indwara nyinshi z置mwijima ubu zizwi mu ndwara za mbere ku isi mu uguhitana abantu benshi. Ifoto: pedagogie.cegep-fxg.qc.ca KAREKEZI Ray Azades / UMUGANGA.com