Burya ngo hari ubwo abantu bagira igitekerezo cyo gukora imibonano mpuzabitsina bakabuzwa n置ko nta mwanya uhagije bafite. Gusa ngo ibi ntibyakagombye kubabera imbogamizi nk置ko byatangajwe na 7sur7.be kuko ngo abantu bashobora gukora iki gikorwa mu minota 5 mu kiruhuko mutegereje ko inama itangira, iminota 10 mbere y置ko nyiri urugo agera mu rugo , cyangwa mu iminota 20 mbere y置ko abana bava ku ishuri. Ngo icya ngombwa ni uko mwese muba mufite ubushake.gusa mbere yo kujya muri iki gikorwa ngo mugomba kumenya ko gukorera imibonano mpuzabitsina mu ruhame bibujijwe! Dore rero hamwe mu hantu mushobora gukorera iki gikorwa ku buryo bwihuse kandi mukanyurwa:
1. Mu gikoni: aha ni nk段yo mubona ibyo mutetse isigaje iminota igera ku 10 kandi mukaba mubona abana bari hafi kubyuka. Ngo icyo gihe ni byiza gukorera imibonano mpuzabitsina mu gikoni ariko ngo mukibuka kuhasukura. 2. Muri ascenseur. Hari ubwo muba mutuye nko muri etage ya 7ubushyuhe mufite mukaba mwumva budatuma mugerayo. Aha rero ngo mushobora gufunga ya assenceur mugakemura iikibazo cyanyu. Ariko ngo hari ubwo bishobora gutera ikibazo kuko abandi nabo baba bategereje iyo ascenceur. Gusa ngo mushobora kubyirengagiza.3. Kurie escaliers. Iyo mu nyubako murimo harimo ascenceur, escalier ngo zishobora kuba ahantu heza ho gukemurira iki kibazo ku buryo bwihuse. gusa ngo ni ngombwa kwirinda urusaku kugira ngo mutabangamira abari kunyura hafi aho. 4. Mu modoka. Aha ngo mushobora gukemura iki kibazo mbere yo kujya ku kazi cyangwa se muri mu nzira mujya nko gusura ababyeyi.5. Mu biro. Niba umukunzi wawe mukora hamwe, ngo mushobora guhura nka mu gihe cy段kiruhuko mukaba mwacyemura ikibazo cyanyu. Ibi ngo bituma mukora neza mufite umutuzo.6. Igihe habaye ikirori : Mu bukwe, mu birori byo kwizihiza isabukuru y誕mavuko ,cyangwa no mu birori bya batisimu ngo abantu abakundana bashobora gukora imibonano mpuzabitsina iyo ibyo birori atari ibyabo. aha ngo bakaba bashakisha ahantu hiherereye nko kuri WC bakaba bakemura ikibazo cyabo ntawe babangamiye? 7. Aho abantu bahahira. N置bwo mu isoko haba hari urujya n置ruza rw誕bantu ngo ntibyatuma abantu badakemura ikibazo cyabo ari ko ngo bigomba gukorwa vuba bishoboka kugira ngo hatagira usanga bari muri icyo gikorwa bityo bakaba babangamiye abandi baguzi n誕bacuruzi bari muri iryo soko ibibigakorwa mu gihe rigifungurwa nta bandi natu bari babageraho.8. Muri parikingi. Hano ngo biba byiza gukora iki gikorwa mu gihre gito gishoboka nibura iminota 10 nyuma yo kwishyura amafaranga ya stationnement utegereje gusohoka muri parikingi mu gihe haba hari akavuyo k段zindi modoka, umukunzi wawe mushobora gukemura ako kabazo mu minota micye cyane ubundi mugakomeza. 9. Mu busitani. Hari ubwo muba mwasohokanye n段nshuti zanyu ariko mukabatanga kugera aho muri buhurire. icyo gihe ngo mushobora kwiherera muri ubwo busitani mugakemura icyo kibazo mu gihe mubategereje. 10. Aho babyinira : Mu rubyiniro hashobora kuba atari heza kuko abantu bashobora kubabona ariko ngo mu gihe muri kubyina mwegeranye cyane ntibyababuza gukora imibonano mpuzabitsina cyane ko nta w置ba yitaye ku wundi l'atmosph鑽e. umuhanga mu by置bumenyamuntu (psychologue) Amit Verma, avugana na Times of India, yatangaje ko imibonano mpuzabitsina ikozwe mu gihe cy段minota 5iyo yubahirijwe ari igitekerezo cyiza cyane cyane ku bantu baba bageze mu myaka aho kudakora imibonano mpuzabitsina bibateza ibibazo (stress). Nyamara yongeraho ko iyo abantu biyemeje gukora iyi ,ibonano y誕kanya gato kandi igakorerwa ahantu hatabugenewe bagomba kumenya ko haba hari abantu bashobora kubagwa gitumo cyangwa se n誕bana babo bakaba bababona bikaba byagira izindi ngaruka akaba ari yo mpamvu bagomba kubahiriza igihe baba bihaye.UMURERWA Solange / UMUGANGA.com