Inkuru zose z' ibanze
Abana bavukanye ibiro byinshi bagakura neza mu myaka 2 baba bafite amahirwe yo kugira ubuzima bwiza
Iyi nkuru yanditswe kuwa 13 / 05 /2013, 00:52
Buri mwaka miliyoni 13 z’abana bavuka bagaragaza ibimenyetso byo gukererwa gukura. Aba bana usanga biganje mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Kurwanya rero iryo kererwa ryo gukura bikaba bifite ak ... ibikurikira
Abanyeshuri muyisumbuye ntibavuga rumwe ku kwegerezwa agakingirizo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 13 / 05 /2013, 00:31
Icyorezo cya SIDA gikomeje guhangayikisha Isi n’u Rwanda kuko nta muti nta n’urukingo, ubusambanyi cyanduriramo ariko nabwo ntibucogora kuko burushaho gukaza umurego ndetse no mu rubyiruko ubu bivugwa ... ibikurikira
Wari uziko kujya mu mihango kw’abagore, no kugira umunaniro ukabije bitera ikibazo cy’umutwe?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 13 / 05 /2013, 00:28
Indwara y’umutwe ifata ku buryo butandukanye, hari abavuga ko barwaye umutwe udakira, abandi bakavuga kobarwara umutwe rimwe na rimwe, mu gihe hari abandi bavuga ko umutwe ubafata bakababara mu gice k ... ibikurikira
Gakenke: Umwarimu yishwe ajugunywa mu musarani iwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa 08 / 05 /2013, 00:54
Barushwabusa Marie Goreti wari umurezi ku Rwunge rw’Amashuri rwa Nemba ya Mbere yitabye Imana yishwe n’abantu bagishakishwa mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 05/05/2013 barangije bamujugunya mu musarani ... ibikurikira
Kibagabaga : Abakozi b’ibitaro barasaba aho bakorere inama z’akazi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 08 / 05 /2013, 00:50
Mu mpera z’ukwezi gushyize abakozi b’Ibitaro bya Kibagabaga biherereye mu Karere ka Gasabo, basabye ubufasha bwo kubaka icyumba cy’aho bakorera inama y’akazi, ubwo Umunyamabanga wa Leta ushyinzwe ubuz ... ibikurikira
Umuyobozi Mukuru wa UNAIDS na Jeannette Kagame bashimye ibitaro bya Polisi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 07 / 05 /2013, 01:28
Umuyobozi Mukuru w’Ishami rishinzwe SIDA mu Muryango w’Abibumbye (UNAIDS), Sidibe Michel ari kumwe na Madamu Jeannette Kagame basuye ibitaro bya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, bishimira uburyo bifasha ... ibikurikira
Abashinwa bakoze Virusi itera ibicurane by’ibiguruka ikaze kurusha isanzwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa 07 / 05 /2013, 01:05
Virusi, kugeza ubu itarabonerwa izina, yakozwe n’abashakashatsi b’abashinwa ikaba iteye impungenge abahanga mu by’ubuzima, kuko ishobora gutera ibyago byo kubura ubuzima ku wa yirwaye birenze cyane vi ... ibikurikira
Bacterie nshya yandurira mu mibonano mpuzabitsina ikomeye kurusha SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa 07 / 05 /2013, 01:04
Abashinzwe ubuzima muri Leta z’unze ubumwe za Amerika batangaje ko rubanda rukwiye kwirinda nyuma y’uko ahitwa Hawaii havumbuwe ku bantu babiri “Bacterie” idasanzwe. Iyi “Super bacteria” yandurira mu ... ibikurikira
Gisagara: Umukecuru yishwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana
Iyi nkuru yanditswe kuwa 07 / 05 /2013, 01:03
Umukecuru witwa Anne Marie Ndoricyimpa w’imyaka 63, wari utuye umurenge wa Kibirizi mu karere ka Gisagara, mu ijoro rya tariki 03/05/2013, yishwe n’abagizi banabi kugeza ubu bataramenyekana. ... ibikurikira
Wari uzi ko umuntu unywa itabi iyo avunitse bimufata igihe kinini ngo akire
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 05 /2013, 01:23
Kunywa itabi ni ikibazo inzego z’ubuzima mu gihugu cyacu ndetse n’ahandi ku isi zahagurukiye bitewe n’ingaruka mbi itabi rigira ku buzima. Izi ngaruka harimo ko ryangiriza ibihaha, rikaba ryatera indw ... ibikurikira
Rutsiro: Umuforomo arashinjwa kurangarana umurwayi kugeza ubwo abyara umwana upfuye
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 05 /2013, 01:19
Umubyeyi witwa Cyeziya Mukandayisenga yabyariye umwana upfuye mu cyumba kirimo abandi barwayi n’abarwaza, mu ijoro rishyira kuwa Gatanu tariki 03/05/2013, abari aho bakemeza ko bababajwe n’uko bagerag ... ibikurikira
Ese kwizihiza umusi mpuzamahanga w’ababyaza byaturutse he?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 05 /2013, 01:18
Buri Taliki ya 5 Gicurasi ni umunsi mpuzamahanga wahariwe ababyaza ku isi hose. Ababyaza bakaba babonekamo abagabo n’abagore ariko mu rurimi rw’icyongereza bose bitwa Midwives.
Guhera mbere ya ... ibikurikira
Ibibazo 3 bihangayikishije ababana n’ubumuga bw’ubugufi

Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 05 /2013, 01:12
Ababana n’ubumuga bw’ubugufi bavuga ko bahura n’ibibazo byinshi ariko kudafatwa nk’abandi ,gusuzugurwa ndetse no kugira isoni mu bandi, ari byo by’ingutu bakunda guhura nabyo. ... ibikurikira
Wari uzi ko umwana muto niyo yaba asinziye aba yumva ababyeyi be iyo bari gutongana ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 05 /2013, 01:09
Ngo impinja zumva neza ababyeyi bazo nubwo zaba zisinziriye cyane cyane iyo bari mu ntonganya. Igikomeye ni uko ababyeyi iyo bari gutongana bigira ingaruka zitari nziza na gato ku buzima bwazo bwo mu ... ibikurikira
Yategereje ko amera amenyo araheba none yujuje imyaka 32 y’amavuko

Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 05 /2013, 01:05
Musabyimana Sylvestre bakunze kwita “Magori” utuye mu kagari ka Gisiza mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro afite imyaka 32 y’amavuko ariko nta menyo yigeze amera. ... ibikurikira
Wari uzi ko kunywa itabi n’imirire mibi biri ku isonga mu bitera indwara y’igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 05 /2013, 01:02
Tugire ubuzima buzira igituntu ni yo nsanganyamatsiko y’uyu mwaka wa 2012 ku munsi wo kurwanya igituntu. Akaba ari muri urwo rwego u Rwanda uyu munsi taliki ya 24 Werurwe 2012, rwifatanije n’isi yose ... ibikurikira
Kibagabaga : Abagore 250 barwaye indwara yo kujojoba baritabwaho n’inzobere z’Abanyamerika
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 05 /2013, 01:01
Inzobere z’abaganga b’abakorerabushake b’Umuryango mpuzamahanga wita ku bagore, bavuye abagore 250 barwaye indwara ya “Fistula” ; umugore uyirwaye ntabasha kugira rutangira iyo ashatse kwihagarika, no ... ibikurikira
Amikoro make arabuza Abanyafurika kugura umuti uhangara SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 05 /2013, 00:59
Ubushakashatsi bwakozweku bigendanye n’icyorezo cya SIDA bwakozwe n’igihugu cya Botswana bugaragaza ko kugeza ubu hari umuti witwa ‘Efavirenz’ ugabanya ubukana bw’akagako gatera ku bana bari hagati ... ibikurikira
Kigali: Abanywi b’inzoga ziva mu bitoki barasaba RBS kuzigenzura cyane
Iyi nkuru yanditswe kuwa 29 / 04 /2013, 01:20
Nyuma y’uko inzoga zari zizwi ku izina ry’urwagwa zazanwaga i Kigali mu majerikane, bikavugwa kenshi ko ziba zitujuje ubuziranenge, hafashwe gahunda yo gutangiza inganda ziciriritse zenga izo nzoga z ... ibikurikira
Umuhaha : Ni ryari umurwayi w’umuhaha yahabwa ibinini ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 29 / 04 /2013, 01:18
Ibinini bifatwa iyo umuntu yarwaye mu matwi abantu bakeka ko gufata byinshi ari byo bishobora gutuma bakira neza kandi vuba. Aha umuntu yakwibaza niba umuhaha ushobora gukira nta miti umuntu yafashe. ... ibikurikira
Previous123456789...9495Next