Abantu benshi bakunda gutekereza ko kuba umuhungu cyangwa se umugabo yarangiza vuba biterwa n置ko we yikunda gusa cyangwa se daakunda mugenzi we. Ibi bireba cyane abagabo ariko umuntu ashobora kuba yakwibaza ikigero cy誕bo bibaho! Nk置ko tubitangarizwa n置rubuga atlantico.fr, kurangiza vuba ni ikimenyetso cya mbere gituma abaganga babasha kwemeza ko umusore cyangwa se umugabo agiye kuba ikiremba cyangwa se agiye guhura n段kbazo cyo guhugwa imibonao mpuzabitsina kuko akenshi usanga umugabo urangiza vuba akunda kugira ubwoba bw段ki gokorwa.
Ariko kando ngo ntabwo umugore yakagombye kurakazwa n置ko umugabo arangije vuba kuko yaba yongera ibyago byo kuba umugabo we yahugwa n段mibonano mpuzabitsina, ahubwo yakagombye kwishiramo ko icy gihe aricyo kimunogeye akagabanya amashyushyu aba afite.Ibi bikaba byafasha umuryango gukomera ndetse amakimbirane akaba make ugereranyije n置ko byari kuzagenda habayeho kutumvikana kuri iki kibazo. Uko bigaragara ni uko n置bwo haba hari ibi bibazo byose biterwa no kurangiza vuba biragoye cyane kuba ushobora kwifata gusohora kuko ni igikorwa kitagira aho gihurira n置gushaka k置muntu (jouissance automatique). Na none ikibabaje ni uko abagabo barangiza vuba nta byishimo bihambaye babona muri iki gikorwa cy段mibonano mpuzabitsina kuko hari n誕barangiza mbere yo kwinjiza igitsina gabo (imboro) mu gitsina gore (igituba), ibi birabababaza cyane kuburyo baba bumva banakwiyahura.Ikibabaje cyane ni uko iyo akomeje gushaka ingufu zo kuba yarangiza atinze niko amahirwe aba agabanyuka yo kuba yabikora neza bitewe n置ko umubiri we wo uba watangiye igikorwa kare. Ikibazo cya mbere gishamikiraho ni uko usanganga n置mubiri w段nyuma wagaragaje ko ufite iki ikbazo aho umusore cyangwa umugabo aba yumva atamarana igihe kirekire n置mugore baganira n段bindi.Iyi ndwara rero ingo ikinda gufata abantu bahora bahangayitse, babandi batigirira icyizere, aho usanga umubare munini w置rubyiruko wiganje cyane hamwe n誕bagabo bashinze urugo bwa mbere batarigeze biyandarika. Mu miryango, iyo umugabo afite iki kibazo atera umugore amarangamutima menshi mu mizo ya mbere ariko uko iminsi ihita usanga umugore arushaho guhugwa imibonano agiranye n置mugabo we, naho umugabo we uko iminsi igenda ihita bishobora kumuviramo kutagira ubushake bw段mibonano mpuzabitsina bivuye ku kuba yumva adashobora gushimisha umukunzi we.Mu nama igirwa abantu bahura n段ki kibazo harimo kuba bajya bihatira gukora inshuro zirenze imwe kuko ngo ku nshuro ya kabiri igihe kigerageza kuba cyiyongeye, kandi inama yindi ni ugukora imyitozo ngororamubiri buri gihe kuko yo inagufasha kuba wakwigirira icyizere kandi ubwoba buba mu mubiri bukagabanyuka.N置bwo usanga hari abagore bahatira abagabo babo kujya kureba abavura indwara zo mu bwonko nk置ko bigaragara ko byose biba byaturutse mu ntekerezo, arikiko hari n置bundi buryo mwe mushobora kubyitaho mukora imibonano akenshi gashoboka n置bwo abahanga bemeza ko uyu atari umuti w段bihe byose. Ifoto: newzitiv.comJean Claude NTAWITONDA / UMUGANGA.com