Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku mibereho
Abakora kwa muganga barahugurwa ku kutanga serivisi nziza ku bamugaye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 12 / 2012, 02:06
Inama y’Igihugu y’abantu bafite ubumuga irahugura abakora muri service z’ubuzima mu Ntara y’Uburengerazuba ngo babashe gutanga serivisi nziza ku bantu bafite ubumuga, cyane cyane ku gikorwa cyo kwipim ...
ibikurikira
Nakora iki igihe ndi kubabara mu muhogo?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 12 / 2012, 01:11
Hari ibihe bijya bigera ugasanga uraribwa mu muhogo kandi utazi imvano yabyo, igitangaje ni uko nta miti wabona kwa muganga bakubwira ko yahariwe buriya buribwe bwo mu muhogo gusa! Uretse kuba muganga ...
ibikurikira
Wari uzi ko Tatuage n’aho igaragara kuri wowe, bifite icyo?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2012, 23:44
Ni byiza ko mbere yo guhitamo aho ushyira tatuage yawe, ubanza kumenya icyo bizaba bisobanuye ku bantu bazakubona, akaba ari yo mpamvu tugira ngo turebere hamwe bumwe mu busobanuro bwa buri hantu haga ...
ibikurikira
Cyanika: Abahoze mu buraya biyemeje gufasha abashakanye kudacana inyuma
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2012, 23:43
Abasezeye umwuga w’uburaya baratangaza ko bashobora gukoresha akagoroba k’ababyeyi bakangurira abashakanye kwirinda gucana inyuma, kuko bazi neza amayeri abashaka gusenya ingo muri ubwo buryo bakoresh ...
ibikurikira
Wari uzi ko Ibyotsi bya mazutu bitera kanseri y'ibihaha
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2012, 23:42
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko ibyotsi bya mazutu bitera kanseri y’ibihaha, aho impuguke zivuga ko ibyo byotsi bitera kanseri kurusha umwotsi w’itabi ku batarinywa ...
ibikurikira
Nyanza: Umwana w’uruhinja rw'amezi 10 yaguye mu ndobo y’amazi ahita apfa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
04 / 12 / 2012, 23:18
Umwana w’amezi 10 witwa Ishimwe Kevin wo mu mudugudu wa Kavumu, akagali ka Gahondo, mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza yitabye Imana aguye mu ndobo y’amazi. ...
ibikurikira
Ruhango : Ababeyi b’i Gitwe bayiteje imbere ku buryo bufatika cyane mu by’ubuzima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
04 / 12 / 2012, 23:16
Bimaze kugaragara ko iterambere mu Rwanda ritakiri inzozi nkuko bamwe babibonaga, ibi byose bigerwaho binyuze mu bushake Leta y’u Rwanda ifite kandi igakorana bya hafi n’abaturage bayo, ni muri urwo r ...
ibikurikira
Ngoma: Ibitaro bya Kibungo byahombye miliyoni zirenga icyenda
Iyi nkuru yanditswe kuwa
04 / 12 / 2012, 23:14
Ibitaro bikuru bya Kibungo biratangaza ko abaturage bazanwa muri ibi bitaro bagize impanuka cyangwa abandi baza barembye badafite mituweli byatumye bihomba miliyoni hafi icyenda. ...
ibikurikira
Wari uzi ko inyama zishobora kumara muri “Congelateur” amezi ane cyangwa ibyumweru bitatu muri “Refrigelateur”?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 12 / 2012, 23:13
Kugira ngo ibyo kurya bibikwe igihe kirekire hari uburyo bwinshi bukoreshwa, harimo kubishyushya, kubikonjesha, kongeramo umunyu cyangwa se ibindi birungo bituma ibyo kurya bitangirika. ...
ibikurikira
Ruhango: Yari agiye gutema abavandimwe be, ababuze amenagura imbabura zisaga 20
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 12 / 2012, 23:13
Uzaribara Bosco w’imyaka 62, umwe mu bashigajwe inyuma n’amateka utuye mu kagari ka Karambi, umurenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango, yagiye gutema abavandimwe be ababuze atemagura imbabura n’amateg ...
ibikurikira
Ikibazo cy'umwanda mu isoko rya BYUMBA kibangamiye abarigana
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 12 / 2012, 23:11
Abacuruzi bakorera mu isoko rya BYUMBA bakomeje kwinubira ikimoteri cyazanywe muri iryo soko kuko kibazanira umunuko bikanabangamira abagana iryo soko. Ibi ibi babitangaje ubwo twabasuraga nyuma y`aho ...
ibikurikira
Ibarura rusange 2012 : Abaturage biyongereyeho 30% mu myaka 10
Iyi nkuru yanditswe kuwa
30 / 11 / 2012, 03:46
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yashyize ahagaraga raporo y’agateganyo y’ ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryabaye mu kwezi kwa Kanama. Imibare yatangajwe ni ijyanye n’ubwiyongere bw’abatura ...
ibikurikira
Rusizi: Ntiyigeze akura kubera uburwayi butazwi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 11 / 2012, 23:02
Umwana w’imyaka 11 witwa Iranzi Sara uvuka mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi yafashwe n’indwara yayoberanye imubuza gukura. ...
ibikurikira
Ese ko ko kugira ibiheri mumaso bisobanura gukenera imibonano mpuza bitsina ngo bikire ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 11 / 2012, 22:59
Iki ni ikibazo gikunda kwibazwa kenshi n’urubyiruko rutari ruke, aho abakuru bagerageza no kugitangaho ibitekerezo ariko ntibibashe kuba byakumvikanwaho, bitewe no gushidikanya kwa bamwe na bamwe ndet ...
ibikurikira
Urusengero rwa ADEPR ku Kinamba rwahiye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 11 / 2012, 23:10
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 26/11/2012, urusengero rwa Pantekote (ADPER) rwo ku Kinamba mu kagari ka Kamutwa, mu murenge wa Kacyiru, rwibasiwe n’umuriro uturutse mu gisenge, inyuma mu bi ...
ibikurikira
Kwirukanwa ku kazi bishobora gutera uburwayi bw’umutima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 11 / 2012, 23:05
Ubushakashatsi bwashyizwe n’ikinyamakuru kitwa Archives of International Medecine, buragaragaza ko kwirukanwa ku kazi byongera ibyago byo kurwara umutima, cyane cyane ku muntu wirukanwe inshuro nyinsh ...
ibikurikira
Abishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye babiterwa ahanini n’inzoga n’urumogi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 11 / 2012, 23:34
Kenshi na kenshi ngo ibi ni ibikorwa bikunda kugendana, ngo ku buryo usanga ahaboneka kimwe haba harangwa n’ikindi nk’uko tubisanga mu kinyamakuru cya « adolescent health » dukesha iyi nkuru.
...
ibikurikira
Rusizi: Ari mu maboko ya Police akekwaho gufata umwana ku ngufu
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 11 / 2012, 23:33
Pascal Nkurunziza w’imyaka 27, afungiye kuri station ya Polisi ya kamembe akekwaho gufata umwana w’imyaka 13 ku ngufu, ariko nyirubwite akabihakana n’ubwo abishinjwa n’abaturanyi be bamufashe. ...
ibikurikira
Amahugurwa ku bazita ku bana babana n'ubumuga bwo mu mutwe mu mikino
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 11 / 2012, 23:29
Abatoza bagizwe n’abasore ndetse n’inkumi babarizwa mu karere ka Nyagatare batangiye amahugurwa . Ayo mahugurwa ni ay’imikino itandukanye ishobora gufasha umuntu uwo ariwe wese kwidagadura hatitawe ku ...
ibikurikira
Ubushakashatsi : Abarwayi bamaze kurambirwa kwivuza bashobora gufashwa na Sport
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 11 / 2012, 23:23
Imyitozo ngororamubiri nko kwiruka (La marche), kunyonga igare, gukina imikino inyuranye isaba ingufu ni kimwe mu bintu bifasha abarwayi ba kanseri kuba bagabanya umunaniro ukomoka ku kuba umuntu aram ...
ibikurikira
Previous
1
2
3
4
5
6
7
8
9
...
49
50
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.