Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku mibereho
Inteko Rusange ya Sena yatoye amategeko MMI n’Ibitaro bya Gisirikare by’ u Rwanda (RMH)
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 12 / 2011, 05:45
Inteko Rusange ya Sena, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri yateranye, itora amategeko akurikira:
Itegeko rishyiraho ikigo cya Gisirikare cy’ubwishingizi ku ndwara (MMI), rikanagena Inshi ...
ibikurikira
Croix-Rouge ikomeje gufasha abatishoboye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 12 / 2011, 23:37
Abakorerabushake ba Croix-Rouge y’u Rwanda bakomeje ibikorwa byabo muri ibi bihe bari mu cyumweru cyabitiriwe. Mu karere ka Gisagara abakorerabushake ba Croix-Rouge y’u Rwanda bafatanyije n’abana b’im ...
ibikurikira
Isuku y'intoki ntiyoroshye nk'uko bitekerezwa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 12 / 2011, 00:17
Ntabwo bihagije gukaraba intoki gusa kugira ngo wirinde udukoko (virus) dushobora kugutera indwara ahubwo ni ngombwa no kumenya igihe ndetse n’uburyo bikorwa. ...
ibikurikira
Ibintu bitanu wakwirinda kugira ngo umusatsi wawe ukure neza bitakuvunnye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 12 / 2011, 15:37
Umusatsi ni kimwe mu biranga ubwiza bw’abagore bigatuma anakundwa n’ab’igitsina gabo, kandi utawufashe neza ntibimugwa neza kuri iyi ngingo. Amakuru dukesha urubuga doctissimo.fr, avuga ko hari byinsh ...
ibikurikira
Amarira adahagije atera uburwayi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 12 / 2011, 13:47
Gukakara kw’amaso bituruka ku kutaboneka kw’amarira ahagije, bikaba bishobora kuba ikibazo gikomeye. Ibi rero bikaba bitera kubabara kw’amaso, kokerwa kwayo bitera kuyakuba cyangwa kuyashima. Ibime ...
ibikurikira
Nyuma yo gusoza amahugurwa, abanyamuryango ba CPSAR ngo biteguye gushyira mu bikorwa ubumenyi bahungukiye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
16 / 12 / 2011, 23:19
Kuri uyu wa kane, ni bwo abanyamuryango ba CPSAR (Ishyirahamwe ry’Abanyeshuri mu Ishami ryo kubungabunga ubuzima bwo mu Mutwe Kaminuza Nkuru y’u Rwanda), aho uyu muryango ukorera. Aya mahugurwa akaba ...
ibikurikira
Nezerwa mu minsi mikuru ariko utiyangiriza ubuzima!
Iyi nkuru yanditswe kuwa
16 / 12 / 2011, 22:08
Mu minsi mikuru isoza umwaka, ni byiza gutekereza ku biribwa bitandukanye umuntu azakoresha mu gutegura ifunguro ry’uwo munsi. Cyakora ibyinshi biba bikungahaye cyane ku mavuta ndetse biba bigoye kwib ...
ibikurikira
Umuntu wavutse ari muto cyane ku isi, ubu afite imyaka 22
Iyi nkuru yanditswe kuwa
15 / 12 / 2011, 23:40
Ubwo yavukaga mu mwaka wa 1989,Loyola University Health byo mu Mujyi wa Chicago muri Leta Zunze Ubumwe za America, Madeline Mann yapimaga amagarama 283. Iki gihe kandi ni we mwana wa mbere ku isi wari ...
ibikurikira
Ni iki wakora mu gihe urumwe n’agakoko gafite urubori?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
15 / 12 / 2011, 00:18
Akenshi igihe umuntu ari mu nzira agenda ashobora kubona arumwe n’udukoko dutandukanye,utu dukoko kandi dushobora kuruma umuntu igihe ari no mu rugo, dushobora kuba ari amavubi cyangwa se inzuki akens ...
ibikurikira
Umunyamerika Dr. Greg Swartz yatangiye ibikorwa by'ubuzima mu Rwanda
Iyi nkuru yanditswe kuwa
13 / 12 / 2011, 01:45
Dr Greg Swartz, Umuganga w’Umunyamerika uvura indwara zo mu kanwa (dentist), by’umwihariko akaba avuga ko akunda u Rwanda amaze guha ibitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK (Ishami rivura indwara zo mu k ...
ibikurikira
Kunywa ibiyobyabwenge binyuze mu mazuru nka cocaine bitera kuva imyuna (gukanuka)
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 12 / 2011, 22:19
Gukanuka cyangwa se kuva imyuna ni ukuva amaraso mu mazuru akenshi nta mpamvu igaragara yabiteye cyangwa bitewe n’impanuka ifata ku mazuru. Urugero ni nk’ingumi yo ku mazuru. ...
ibikurikira
Iyo umuntu aryamye adashikagurika ni bwo akunda kurota
Iyi nkuru yanditswe kuwa
08 / 12 / 2011, 20:54
Iyo umuntu yabashije gusinzira neza adashikagurika ni bwo akenshi akunze kurota. Rimwe na rimwe hari ubwo umuntu yibuka inzozi yaraye arose cyangwa ntazibuke. Ibi biterwa ahanini n’ubwoko bw’inzozi w ...
ibikurikira
Ese kuba Perezida bigabanya iminsi yo kuramba nkuko hari ababitekereza batyo?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 12 / 2011, 23:36
Uwitwa S. Jay Olshansky, Umushakashatsi wo mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse gushyira ahagaragara inyandiko ivuga ubushakashatsi bwe aho atangaza ko kuba Perezida cyangwa umu ...
ibikurikira
Hari ibintu bibangamira ubuzima bw'amaso abantu bakwiriye kwitwararika!
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 12 / 2011, 00:18
Birazwi ko umuntu agomba kwirinda izuba rikabije, akirinda kunywa itabi kugira ngo arwanye indwara zibasira umutima, kugabanya ibinyasukari mu rwego rwo kurwanya umubyibuho ukabije, ndetse n’andi mabw ...
ibikurikira
Inteko Ishinga Amategeko yatangarije abanyamakuru ibyagezweho n’ibiteganywa gukorwa mu rwego rw’ubuzima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
06 / 12 / 2011, 23:28
Mu gitondo cy'ejo ku wa kabiri, tariki ya 6 Ukuboza ku cyicaro cy’Inteko Inshinga Amategeko/Umutwe wa Sena, habereye ikiganiro n’abanyamakuru, aho Perezida wa Sena, Dr. Ntawukuriryayo ari kumwe na Per ...
ibikurikira
Umupolisi yatawe muri yombi nyuma yo gukorera imibonano mpuzabitsina iruhande rw’ikigo y’ishuri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2011, 23:36
Nyuma yo gutabwa muri yombi azira kukorera imibonano mpuzabitsina iruhande rw’ishuri, umuyobozi mukuru w’igipolisi mu gace ka Anvers mu gihugu cy’u Bubiligi yahamagawe n’ubutabera ngo abashe kwisoban ...
ibikurikira
Kutamenya gukemura amakimbirane hagati y’abashakanye ubwabo birabasenyera
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2011, 01:31
Iyo igihugu gishaka kuba indashyikirwa mu mibereho myiza y’abaturage, ubukungu, ubutabera, imiyoborere myiza ndetse n’izindi nzego zose gishingira ku muryango wumvikana. Abagize umuryango ari ...
ibikurikira
Abaganga bahunga Afurika bayihombya akayabo k’amafaranga
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2011, 01:19
Guhunga umugabane w’Afurika bigira ku yindi migabane nk’i Burayi, muri Ositaraliya no muri Amerika ku baganga bakomoka kuri uyu mugabane ufatwa nk’ukennye ku isi, bihombya Afurika akayabo k’amafarang ...
ibikurikira
Uruganda rukora itabi rwo mu Bwongereza rwangiwe guhindura uburyohe bw’isigara
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2011, 00:35
Nk’uko ikinyamakuru cyandikirwa mu Bubiligi, le Soir kibitangaza, ngo inama nkuru y’ubuzima yatangaje igitekerezo kibuza kongera mu itabi (cigarette), ibintu 3 byari guhindura uburyohe itabi risanganw ...
ibikurikira
Yadoze ikanzu mu dukingirizo (capotes) 700 kugira ngo yerekane ko agakingirizo atari ikizira!
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 12 / 2011, 18:17
Mu gihe agakingirizo kambarwaga ari agafuka gato, ubu noneho hari umwambaro wuzuye wako. Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya SIDA, Umuhanga mu by’imyambarire w’umunya-Viyetina ...
ibikurikira
Previous
1
2
...
34
35
36
37
38
39
40
...
49
50
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.