Inkuru zitandukanye ku ndwara y' igituntu
Ngororero: Urubyiruko rukomeje gukangurirwa kwirinda igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 27 / 09 / 2012, 00:46
Mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Rafayeli Kabaya mu murenge wa Kabaya habereye ikiganiro hagati y’abanyeshuri, abarezi babo n’abaganga bo mu kigo Nderabuzima cya Kabaya hagamije kubakangurira kwipimis ... ibikurikira
Rwanda: Ikigo cya mbere muri Afurika mu gusuzuma igituntu cy’Igikatu no kukivura
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 07 / 2012, 00:26
Ikigo ntangarugero mu kuvura indwara y’igituntu cy’igikatu cyatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa mbere i Kigali. Iki kigo cya mbere ku mugabane w’Afrika kizafasha mu kongerera ubumenyi mu kuvura indwara y’igitu ... ibikurikira
Imibare y'abantu bajya kwivuza indwara y'igituntu irakemangwa
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 05 / 2012, 00:16
Bamwe mu baganga baturuka mu turere twose tw’igihugu baravuga ko bagiye kongera ingufu bashakisha abaturage bashobora kuba baranduye indwara y’igituntu cyane cyane ko hari abatisuzumisha kandi bagifite, bakavu ... ibikurikira
Uburyo bwo gutahura indwara y’igituntu byihuse burimo kugerwaho
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 05 / 2012, 00:28
Gutahura indwara y’igituntu mu Rwanda ntibigitwara amezi atatu cyangwa ane ahubwo ubu biratwara iminsi ibili uhereye igihe umurwayi yatangiyeho ibizami. Ibi biraterwa ni uko mu Rwanda hageze uburyo Bwo gutahura ... ibikurikira
Rwanda: Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije muri RBC yatangije ubushakashatsi ku ndwara y'igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 11 / 05 / 2012, 00:45
Kugeza ubu mu Rwanda hari hataramenyekana umubare nyakuri w’abarwaye igituntu, ni muri urwo rwego kuwa 8 Gicurasi, Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC yatangije ubushakashatsi kugi ... ibikurikira
Hari icyizere ko urukingo rw’Igituntu rushobora kuboneka
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 04 / 2012, 16:51
Igerageza ryakorewe ku mbeba ku rukingo rufite ubushobozi bwo kwica udukoko dutera igituntu ryagaragaje icyizere ku rukingo rufite ubushobozi by’umwihariko ku bantu bakuru, bwo guhangana n’iyi ndwara ihitana ab ... ibikurikira
Abarwayi ba diyabete barwara igituntu ku buryo bworoshye
Iyi nkuru yanditswe kuwa 08 / 04 / 2012, 18:14
Mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara umwaka ushize wa 2011 n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) ku bijyanye n’indwara z’ibyorezo, hagaragaramo ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’Abanyamerika bugaraga ... ibikurikira
Mu Bufaransa, ibiciro by’itabi bigiye kongerwa mu rwego rwo guhashya igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 04 / 2012, 16:12
Mu gihe isi ihangayikishijwe n’indwara y’igituntu iterwa no kunywa itabi, ikaba ari n’imwe mu ndwara zihitana umubare munini w’abantu ku isi, Igihugu cy’Ubufaransa cyo ngo kigiye kongera ibiciro by’itabi kuko n ... ibikurikira
Abana barwaye igituntu ntibitabwaho by’umwihariko, kandi bavurwa bagakira
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 04 / 2012, 00:19
Ubusanzwe indwara y’igituntu ni indwara ifata ibihaha ariko ikaba ishobora no gufata indi myanya y’umubiri. Byagaragaye ko abana bari munsi y’inyaka 15 barwaye indwara y’igituntu ibibasira cyane kurusha abakuze ... ibikurikira
Igituntu ni indwara y'icyorezo kugeza ubu idakorerwa ubuvugizi bukwiye
Iyi nkuru yanditswe kuwa 26 / 03 / 2012, 14:46
Inkuru igaragara ku rubuga www.lefigaro.fr ivuga ko byari ngombwa gushakisha ubundi buryo bwakwifashishwa mu kuvura indwara y'igituntu kuko kugeza magingo aya indwara y'igituntu igenda ifata indi sura bita igi ... ibikurikira
U Bufaransa: Kuva mu 1882, indwara y’igituntu aho kugabanuka iriyongera
Iyi nkuru yanditswe kuwa 26 / 03 / 2012, 14:29
Mu gihe hirya no hino ku isi barwanya igituntu ngo gicike burundu kuko gikomeje guhitana imbaga y'abantu ku isi, igihugu cy'Ubufaransa cyo ngo iyi ndwara irimo gukaza umurego. ... ibikurikira
NUR: Abanyeshuri bo muri MEDSAR bifatanyije n’abaturage b’i Kabuga kurwanya igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 03 / 2012, 19:17
Abanyeshuri bagera kuri 50 biga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu Ishami ry’Ubuganga (Medical Students’Association of Rwanda-MEDSAR), kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 24 Werurwe, bifatanije n’abaturage bo muri ... ibikurikira
Kunywa itabi n’imirire mibi biri ku isonga mu bitera indwara y’igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 03 / 2012, 15:47
Tugire ubuzima buzira igituntu ni yo nsanganyamatsiko y’uyu mwaka wa 2012 ku munsi wo kurwanya igituntu. Akaba ari muri urwo rwego u Rwanda uyu munsi taliki ya 24 Werurwe 2012, rwifatanije n’isi yose mu munsi m ... ibikurikira
Abana bagera kuri 200 buri munsi bapfa bazira igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 03 / 2012, 01:37
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) utangaza ko abana bafatwa n’igituntu bazira ubuvuzi budahagije nk’uko byatangajwe n’uyu muryango kuri uyu wa gatatu. ... ibikurikira
Kurinda indwara y’igituntu abantu babana na virusi itera SIDA byarokoye urupfu abagera ku 900.000
Iyi nkuru yanditswe kuwa 10 / 03 / 2012, 14:18
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rihagurikiye kureba uburyo ababana na virusi itera SIDA barindwa kwibasirwa n’ibyuririzi, cyane cyane indwara y’igituntu, dore ko ari yo nyirabayaza ku ... ibikurikira
Igituntu cy’igikatu nacyo kiravurwa kigakira burundu!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 31 / 01 / 2012, 03:36
Imibare igaragazwa n’ishami rishinzwe kurwanya igituntu n’izindi ndwara zifata mu myanya y’ubuhumekero muri RBC, igaragaza ko buri mwaka mu Rwanda haboneka abarwayi b’igituntu cy’igikatu bari hagati ya 80 na 90 ... ibikurikira
Igituntu cy’igikatu nacyo kiravurwa kigakira burundu!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 27 / 01 / 2012, 23:10
Imibare igaragazwa n’ishami rishinzwe kurwanya igituntu n’izindi ndwara zifata mu myanya y’ubuhumekero muri RBC, igaragaza ko buri mwaka mu Rwanda haboneka abarwayi b’igituntu cy’igikatu bari hagati ya 80 na 90 ... ibikurikira
Abarwayi ba diyabete barwara igituntu ku buryo bworoshye
Iyi nkuru yanditswe kuwa 01 / 01 / 2012, 17:11
Mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara umwaka ushize wa 2011 n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) ku bijyanye n’indwara z’ibyorezo, hagaragaramo ubushakashatsi bwakozwe n’itsinda ry’Abanyamerika bugaraga ... ibikurikira
Amateka, Imvo n’imvano y’indwara y’Igituntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 29 / 12 / 2011, 00:41
Igituntu ni indwara izwi kuva mu myaka ibihumbi ishize kuko abashakashatsi babashije kubona ko hari n’imirambo y’abami bo mu gihugu cya Egiputa basanze bari barishwe n’igituntu icyo abagiriki bitaga “Phtsie” ... ibikurikira
Indwara y’igituntu iyo ivuwe neza irakira burundu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 16 / 12 / 2011, 21:49
Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 16 Ukuboza 2011, abanyamakuru batandukanye biganjemo abandika ku buzima bahawe amahugurwa y’umunsi 1 ku bijyanye n’indwara zibasira Abanyarwanda benshi nk’igituntu, indwara zituruk ... ibikurikira
Previous12Next