Inkuru zitandukanye ku mibanire
Guha agaciro inyungu z’urugo ni kimwe mu bituma imiryango ikomera

Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 11 / 2012, 23:25
Abagore n’abagabo bashakana ari abantu babiri batandukanye, ku buryo akenshi haba hari imyumvire banafite itandukanye. Hari igihe umugore ashobora kuba azi kuzigama mu gihe umugabo we ntacyo biba bimu ... ibikurikira
Yarongoye umukobwa wo mu muryango wamwiciye anawufasha kwishyura imitungo wishyuzwaga
Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 11 / 2012, 23:24
Umugabo witwa Giraneza John utuye mu Murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera yarongoye umukobwa witwa Uwimana Jeanne ukomoka mu muryango w’abamwiciye abantu muri Jonoside ndetse anafasha abo muri uwo m ... ibikurikira
Burera: Abadepitekazi boroje abagore batishoboye
Iyi nkuru yanditswe kuwa 11 / 11 / 2012, 23:08
Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko (FFRP) boroje abagore batishoboye bo mu karere ka Burera inka 17 mu rwego rwo kubafasha kwikura mu bukene no gushyira mu bikorwa gahunda ya ... ibikurikira
Nyarugenge: Yatemye umugabo we amuziza kumuca inyuma no kumwanduza SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa 31 / 10 / 2012, 00:25
Umugore witwa Seraphine Mukanyangezi utuye mu Kagali ka Amahoro mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge yatawe muri yombi tariki 28/10/2012, nyuma yo gutema umugabo we amuziza kumuca inyuma no kum ... ibikurikira
Ari mu Bitaro nyuma yo kugirirwa nabi n’uwo yagiriye neza

Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 10 / 2012, 04:08
Ingabire Emmanuel w’imyaka 28 ukomoka mu Murenge wa Matimba, Akarere ka Nyagatare arwariye mu Bitaro Bikuru bya Nemba nyuma yo kugirwa nabi na Havugimana Damascene yitayeho igihe yari arwariye i Nyaga ... ibikurikira
Mu muryango ntibiba byoroshye kubana kw’abakobwa bavukana. Byaba biterwa n’iki?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 09 / 2012, 00:21
Muri iki gihe ndetse kuva na kare abana bakurikirana bakunda gupfa ubusa, noneho by’akarusho abakobwa bo hari n’igihe baba batagishaka no kuvugana, bagashwana, bakihunzanya…no guceceka kugataha mu rug ... ibikurikira
Ni ubuhe buryo bwakoreshwa mu kwiyunga wagiranye amakimbirane n’inshuti yawe?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 06 / 2012, 00:27
Ahari abantu ntihabura urunturuntu kandi ngo ntazibana zidakomanya amahembe, Akenshi abakundana na bo hari igihe batumvikana ku kintu runaka bakaba bagirana amakimbirane mu gihe runaka, ariko kandi ba ... ibikurikira
Burya iyo utandukanye n’umukunzi wawe uba utakaje inshuti nyinshi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 09 / 05 / 2012, 16:16
Mu rukundo habamo ibibazo byinshi birimo no kuba watandukana n’umukunzi wawe bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo kuba hari ibyo mutumvikanaho, kuba mubona urukundo rwanyu rudafite ejo hazaza n’ibindi ... ibikurikira
Ingo nyinshi zisigaye zisenyuka zitarageza ku myaka itatu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 09 / 05 / 2012, 14:09
Muri iki gihe, usanga ingo nyinshi zikunze gusenyuka nta gihe abashakanye bamaranye, ahanini ugasanga biterwa n’uko umusore ahura n’inkumi yakumva amukunze akihutira kumusaba ngo babane batarabanza ku ... ibikurikira
Kugira inshuti nke bituma umuntu agubwa neza
Iyi nkuru yanditswe kuwa 05 / 05 / 2012, 14:33
Ubwonko bwacu bufite ubushobozi bwo kwakira inshuti zigera ku 150, ariko burya ngo si byiza cyane ku bantu b’igitsina gore kugira umubare munini w’inshuti. Inama itangwa n’inzobere mu myifatire y’aban ... ibikurikira
Kugira inshuti nke bituma umuntu agubwa neza
Iyi nkuru yanditswe kuwa 04 / 05 / 2012, 16:26
Ubwonko bwacu bufite ubushobozi bwo kwakira inshuti zigera ku 150, ariko burya ngo si byiza cyane ku bantu b’igitsina gore kugira umubare munini w’inshuti. Inama itangwa n’inzobere mu myifatire y’aban ... ibikurikira
Ubutane bw'abashakanye bugira ingaruka mbi ku buzima bw’abana
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 05 / 2012, 14:47
Umucamanza w’Umwongereza atewe inkunga n’abayobozi b’amatorero n’abavoka b’inzobere mu by’ubutane (divorce) batangiye ubukangurambaga budasanzwe bwo guteza imbere ukubana kw’abashakanye (marriage). ... ibikurikira
Ingeso 10 zikorwa n’abagabo zikabangamira abagore babo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 22 / 04 / 2012, 13:27
Mu bisanzwe, ngo umugabo utagira amakosa ntawe ubaho! Aha rero ngo hari utugeso dutandukanye abagore baba batifuza kubona ku bagabo babo. ... ibikurikira
Facebook-Imwe mu ntandaro y’ubwiyongere bw’ubutane ( divorce ) muri Amerika
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 04 / 2012, 17:04
Ubushakashatsi bwakorewe muri Kaminuza ya Layola ho Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwagaragaje ko urubuga nkoranyambaga rwa Facebook ari imwe mu mpamvu ziri guteza ubwiyongere bw’ubutane ( divorce ... ibikurikira
Ubushyamirane mu muryango, imbogamizi ku mikurire y'abana
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 04 / 2012, 08:00
Ubusanzwe umuco nyarwanda uvuga ko umwana ari uw’umuryango atari uw’ababyeyi bamubyaye gusa. Ibi biha inshingano buri mubyeyi kugira uruhare mu gucyaha buri mwana igihe abonye akora nabi. Nyamara n’ub ... ibikurikira
Ni iki gituma ababyeyi b’abagore bagira umwihariko mu kwita ku mpinja?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 28 / 03 / 2012, 13:57
Umwana akunda kugira impamvu nyishi zishobora gutuma ahindurirwa ibyo yambaye, cyane nko mu gihe akiri uruhinja kuko umubiri we wikoresha atabifitemo gutekereza. Usanga abagore bamwe bibagora kwita ku ... ibikurikira
Menya amakosa akorwa n’abasore ndetse bigatuma abakobwa babihirwa n’urukundo
Iyi nkuru yanditswe kuwa 13 / 03 / 2012, 16:29
Usanga mu rukundo habamo amakosa amwe n’amwe, ashobora gukorwa n’umwe mu bakundana, yaba umukobwa cyangwa se umuhungu ariko ngo hari amwe mu makosa afatwa nk’atihanganirwa n’abakobwa mu rukundo kuko n ... ibikurikira
Basezeranye nyuma y’uko umwe yemeye guhinduza igitsina
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 01 / 2012, 23:33


Nkuko tubikesha ikinyamakuru “The Sunday Mirror”, imyaka 9 nyuma yo gukora ubukwe muri uyu mwaka wa 2002, couple yo mu Bwongereza yiyemeje kongera igasezerana mu mwaka wa 2011 kugira n ... ibikurikira
Gusezeranya ababana rwihishwa ni umuti w'amakimbirane mu miryango
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 11 / 2011, 02:22
Mu rwego rwo gukemura amakimbirane yo mu miryango no guca burundu ubuharike, ubuyobozi bw’umurenge wa Musenyi mu karere ka Bugesera mu ntangiriro z’Ugushyingo 2011 bwaseranyije imiryango 220 yabanaga ... ibikurikira
Kujujubya cyangwa kogeraho umuntu uburimiro (Harassment) bimwangiriza ubuzima
Iyi nkuru yanditswe kuwa 30 / 09 / 2011, 00:56
Kujujubya umuntu cyangwa kumwogeraho uburimiro (Harassment) ni amagambo ashaririye y’urucantege, imyitwarire cyangwa ibikorwa umuntu akenshi ukunze kuba afite ububasha cyangwa ufite icyo arusha undi a ... ibikurikira
Previous12Next