Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku mirire
Ibura ry'imyunyungugu mu mafunguro ya buri munsi rishobora guteza akaga gakomeye ku bantu bakora imyitozo ngororamubiri!
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 07 / 2012, 01:04
Nkuko bitangazwa na Naturalnews, imyunyungugu ni ingirakamaro mu mikorere no kumererwa neza ku mubiri cyane cyane amenyo, amagufa, imikaya, amaraso n'imyakura. Imyunyungugu itwara Oxygen ikayigeza k ...
ibikurikira
Rwanda: Umubare w’Abanyarwanda barya amafi uracyari muto
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 07 / 2012, 01:01
Ibikorwa by’ubworozi bw’amafi mu Rwanda bizatanga umusaruro uhagije ku Rwanda ndetse no hanze yarwo. Kugeza ubu Minisiteri y’ ubuhinzi imaze gutanga amafaranga asaga miriyoni12 z’amadorari mu kongera ...
ibikurikira
Pizza idasanzwe irimo ibyubaka umubiri, ibitera imbaraga n’ ibirinda indwara yakozwe na Mike Lean
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 07 / 2012, 01:00
Abantu bakunze kurya ibiryo bitandukanye, ariko biba byiza iyo ugerageje kurya indyo yuzuye; ni ukuvuga irimo ibyubaka umubiri, ibitera imbaraga n’ ibirinda indwara. Iyi Pizza rero irimo ibi byose tum ...
ibikurikira
Indyo ikungahaye kuri Proteins ikaburamo amasukari yongera ibyago byo kurwara umutima inshuro 2 ku bagore
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 07 / 2012, 00:58
Abashakashatsi baherutse gutangaza mu kinyamakuru cyo mu Bwongereza cyandika ku nkuru z'ubuzima cyitwa “British Medical Journal” ubushakashatsi bwabo bari bakoze basanga ko abagore barya buri gihe ifu ...
ibikurikira
Ibiryo birimo intungamubiri nyinshi byagufasha kurya bicye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 07 / 2012, 01:21
Abahanga mu by’imirire bakomeje kugaragaza uburyo umuntu ahobora guhangana n’ikibazo cya appétit ikabije ! Muri ubu buryo harimo kuba wafata amafunguro akungahaye mu ntungamubiri (protéines). ...
ibikurikira
Ruhango: Inyama z’ingurube zahitanye umuntu umwe abandi 5 ubu ni indembe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 07 / 2012, 01:09
Ngiruwosanga Eugene ukomoka mu karere ka Muhanga amaze kwitaba Imana naho abandi bantu batanu bo mu murenge wa Byimana akarere ka Ruhango baracyarwana n’ubuzima bazira kurya inyama z’ingurube yarwaye ...
ibikurikira
Wari uzi ko Inyanya ziri mu birwanya Kanseri ya Prostate ifata ubugabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 07 / 2012, 00:54
Amakuru ya Passeportsante.net, avuga ko inyanya ari zimwe mu mbuto zifite akamaro kanini yaba mu kuryoshya amafunguro yaba no mu kurwanya zimwe mu ndwara nka kanseri ifata mu duhago tw’intanga ngabo ( ...
ibikurikira
Burya Ibinyobwa by’ubwoko bunyuranye ni ngombwa mu buzima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
06 / 07 / 2012, 00:18
Ibinyobwa tunywa buri gihe siko byose bidufutiye akamaro kimwe. Hari ibigenewe kutumara inyota, hari ibituryohera, hari ibituma twumva tumeze neza mu mubiri (iyo binywanywe ubupfura) hari n’ibidutera ...
ibikurikira
Menya ibiribwa 5 bishobora kwangiza ubuzima bw’umuntu
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 07 / 2012, 00:29
Abantu benshi barya ibiribwa nyamara batazi ko byakonona ubuzima bwabo kenshi mu bitekerezo by’abantu ugasanga bishyiramo ibiribwa bikungahaye ku binure cyangwa ku isukari ariko igitangaje ni uko hari ...
ibikurikira
Ibisindisha biboneka mu bitera indwara ya kanseri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 07 / 2012, 02:28
Amakuru ikinyamakuru Izuba Rirashe gikesha Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS), avuga ko ibisindisha biri muri bimwe bitera kanseri zifata imyanya itandukanye y’umubiri, kandi bikaba bikomeje ...
ibikurikira
Umunyungugu wa Potassium ni ingirakamaro mu kwirinda indwara nyinshi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 07 / 2012, 02:21
Bamwe mu bahanga bemeza ko abakurambere bacu barambaga biturutse ku byo baryaga akenshi wasanga bifite umwimerere kurusha ubu. Ibi ariko na none bigafatira ko mu byo baryaga habaga yiganjemo imbuto ha ...
ibikurikira
Imirire: Uko bategura Potaje (Potage) y’ifi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
30 / 06 / 2012, 16:01
Ifi n’ikiribwa cyiza gikungahaye ku byubaka umubiri ishobora gutegurwa mu buryo butandukanye. Ni muri ubwo buryo tugiye kurebera hamwe uko bategura Potaje y’ifi. ...
ibikurikira
N’ubwo abantu bumva kurya inyama ari bwo uba uriye neza, zifite ingaruka mbi cyane
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 06 / 2012, 00:02
Inyama z’umutuku ni ukuvuga iz’inka, iz’ ingurube n’ ihene, ubusanzwe ni nziza ku mubiri kuko zirimo intungamubiri; gusa iyo umuntu akabije kurya nyinshi bishobora kumutera ibibazo bitandukanye. ...
ibikurikira
Menya uko wategura ifi itekanwe n’ibibiringanya
Iyi nkuru yanditswe kuwa
27 / 06 / 2012, 23:58
Nubwo rwose guteka Amafi hamwe na Aubergine (Ibibiringanya) bidasanzwe kandi bidakunze kubaho, biraryoha. Uburyo bitekwamo biroroha kandi ntabwo bitwara igihe kinini,dore uko ushobora gutegura aya maf ...
ibikurikira
Wari uzi ko Amapera ari umuti w'indwara zimwe na zimwe?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
27 / 06 / 2012, 00:19
Amapera ni igihingwa cyera hafi ya hose mu gihugu cy’u Rwanda ndetse no ku isi. Usanga abayahinga batayaha agaciro mu mafunguro yabo nyamara ari urubuto rwiza rurwanya zimwe mu ndwara. ...
ibikurikira
Kurya inyanya ni ingenzi mu rwego rwo kwirinda indwara zitandukanye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 06 / 2012, 08:20
Kurya inyanya ku bwinshi ni byiza kuko zifite ubushobozi bwo kurinda indwara ya diyabeti, kanseri z’umutima, n’izindi kanseri nyinshi.
Ubushakashatsi bwerekanye ko inyanya zifite uduce twitwa “ ...
ibikurikira
Abashakashatsi bavumbuye ko bimwe mu biribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 06 / 2012, 08:18
Ubusanzwe, « Libido » ni ijambo rikomoka ku rurimi rw’Ikilatini, rikaba ryarakoreshejwe bwa mbere mu mateka y’isi n’umuhanga witwa Sigmund Freud. Uyu Freud yari intiti mu byerekeye ubushakashatsi ku b ...
ibikurikira
Abahanga bemeje ko kunywa ikawa ku bagore, bibagabanyiriza ibyago byo kurwara kanseri y’uruhu
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 06 / 2012, 00:33
Mu bushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Abanyamerika kirwanya kanseri (American Association for Cancer) kuva mu mwaka w’1984 kugera mu mwaka wa 2008, bugaragaza ko kunywa ikawa ku bagore, bishobora kugab ...
ibikurikira
Wari uzi ko amavuta ari ingenzi mu igogora
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 06 / 2012, 13:08
Inyigo yo muri Amerika yagaragaje ko ari ngombwa kurya ibinyamavuta bihagije kugira ngo bifashe igogora ry’imboga n’imbuto umuntu aba yafunguye. ...
ibikurikira
Icyayi gitukura (thé rouge) kigira umumaro mwinshi iyo kitavangiwemo ibindi birungo
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 06 / 2012, 00:45
Icyayi gitukura ni ubwoko bw’icyayi bukunda kuboneka mu gihugu cya Afurika y’Epfo bugaragara nk’aho butagikunzwe nyamara bugira akamaro mu mihumekere y’umuntu usanga akunze gukundwa mu masoko agezweho ...
ibikurikira
Previous
1
2
3
4
5
6
7
8
9
...
15
16
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.