Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku mirire
Chou-fleur na karoti bikwiye kunganira izindi mboga mu kurushaho guteza imbere imirire myiza
Iyi nkuru yanditswe kuwa
08 / 03 / 2012, 13:52
Dusanzwe tuzi neza ko mu kurushaho guteza imbere imirire myiza kuri bose mu Rwanda tutagomba kwirengagiza ko imboga ari ingenzi cyane ku mubiri, dore ko zikize ku ntungamubiri nyinshi, cyane cyane izi ...
ibikurikira
Avoka ni ingenzi mu gutuma umuntu areba neza no guhangana n'indwara z'umutima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
08 / 03 / 2012, 13:48
Avoka ishobora kuba ari urubuto rushobora kuba rwagerwaho n'umunyarwanda wese cyane uhereye ku batuye mu cyaro kuko ari ibiti byiganje mu mirima itari mike ariko ugasanga abitabira kuyifungura ari mba ...
ibikurikira
Igitunguru cya Puwaro (poireau) ni ikiribwa kinanura kandi kirwanya kanseri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 03 / 2012, 17:34
Iki gitunguru (Ikiribwa/imboga/cyangwa igihingwa) gikomoka mu Burasirazuba bwo hagati no mu majyepfo y’uburengerazuba ya Aziya, ngo ni ikiribwa cyakundwaga cyane n’Abanyamisiri, kuko n’amateka avuga k ...
ibikurikira
Ubuhinzi bw’ibihumyo bwafasha kugera ku imirire myiza
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 03 / 2012, 14:58
Ibihumyo ni kimwe mu biribwa gikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye kandi zishobora gusimbura byinshi mu biribwa bimenyerewe mu Rwanda. Nk’uko bitangazwa na bamwe mu bahanga mu bijyanye n’imirire, b ...
ibikurikira
Kurya inyama zitunganyirizwa mu nganda biza ku isonga mu gutera Cancer y’urwagashya (cancer du pancreas)
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 02 / 2012, 06:10
Kurya inyama zitunganyirizwa mu nganda zirimo sossiso (sausage), pizza ndetse n’ibindi bikomoka ku nyama ariko bigatunganirizwa mu nganda ngo byaba byongera cyane ibyago byo kurwara cancer y’urwagash ...
ibikurikira
Kurya ibiribwa bikungahayemo umunyungugu wa Manyeziyumu (magnesium) bishobora kukurinda indwara z’ubwonko
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 02 / 2012, 06:05
Magnesium ni wo munyungugu wa kane hagendewe ku bwinshi mu mubiri w’umuntu. Uyu munyungugu ukaba ufite akamaro gakomeye cyane, haba mu mikorere ndetse n’imibereho myiza y’umubiri ubwawo dore ko ngo ...
ibikurikira
Imbuto zo mu bwoko bw'amacunga n'ndimu ni ingenzi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 02 / 2012, 15:11
Umuryango w’amacunga urimo amaronji, indimu, mandarine, grapefruit, lime, indimu y’icyatsi kibisi cyangwa citron vert n’izo bita kelemantina. uziriye uko zakabaye rero cyangwa ukanywa umutobe wazo zi ...
ibikurikira
Kunywa Divayi itukura bigabanya zimwe mu indara z’umutima
Iyi nkuru yanditswe kuwa
24 / 02 / 2012, 12:56
Ibinyamakuru byinshi ku isi byifashishije bamwe mu abaganga b’indwara z’umutima bagiye bemeza ko kunywa divayi itukura (Red wine) ari ingenzi ku mutima nubwo bitavuzweho rumwe ku kigero kiba gikenewe. ...
ibikurikira
Zimwe mu mpamvu z’ingenzi zitera kubura Ubushake bwo gufungura (Appetit) n’uburyo wabyirinda
Iyi nkuru yanditswe kuwa
23 / 02 / 2012, 23:36
Ikibazo cyo kubura appetit cyangwa anorexia gikunze kugaragara ku bantu benshi cyane kandi bikaba ari ikibazo gikomeye kuko buri gihe umubiri uba ukeneye kubona ibiryo akaba ari naho uhera wiyubaka mu ...
ibikurikira
Rusizi: Imirire mibi mu bana iteye impungenge
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 02 / 2012, 23:18
Mu tugari twa Kacyuma, Birembi , Karemereye na Rusayo two mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi, hamaze gutangizwa amashuri mboneza mirire agamije kwigisha ababyeyi b’abana bagaragaweho ingaruk ...
ibikurikira
Sobanukirwa n’amafunguro ukwiriye gufata igihe wakoze imyitozo ngororamubiri (sport) kugira ngo urusheho kugira ubuzima bwiza
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 02 / 2012, 23:15
Ngo nubwo gukora imyitozo ngororamubiri bigira uruhare mu kurinda umubiri indwara nyinshi ariko ngo kugira ngo uyu mumaro wayo ugerweho neza, hari ubwoko bw’amafunguro agomba gufatwa kugira ngo umubir ...
ibikurikira
Sobanukirwa n’akamaro Vitamini B12 ifitiye umubiri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 02 / 2012, 23:03
Inzobere nyinshi mu by’ubuzima zemeza ko muri iyi minsi vitamine B12 ari ikibazo gihangayikishije kuko usanga abaturage bari hejuru ya 60% bahura n’ ikibzo cya Vitamin B12 idahagije mu mibiri kandi iy ...
ibikurikira
Ikibazo cy’Imirire mibi ntaho gihuriye n’inzara
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 02 / 2012, 22:56
Ikibazo cy’imirire mibi gikomeje kugaragara hirya no hino mu turere kiritiranywa n’inzara kuri bamwe, dore ko mu Mirenge ya Nyankenke na Nyamiyaga yo mu Karere ka Gicumbi imirire mibi yibasiye abayitu ...
ibikurikira
Wari uzi ibiribwa bibonekamo Umunyu Ngugu wa Kalisiyumu (Calicium)
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 02 / 2012, 02:31
Umunyu ngugu wa Kalisiyumu uboneka mu biribwa bitandukanye birimo Sezame ku rugero rungana na miligarama 97 z’uwo munyu muri garama 100. Uwo munyu kandi uboneka muri Soya ku rugero rungana na miliga ...
ibikurikira
Kumenya guteka neza indyo yuzuye byafasha kurandura imirire mibi mu bana - Agnes Binagwaho
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 02 / 2012, 13:25
Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka gicumbi minisitiri w’ubuzima Agnes Binagwaho anibanda ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya inzara uba tariki 15 gashyantare yavuze ko kumenya uko wategura amafunguro ...
ibikurikira
Dore urutonde rw'amafunguro ushobora kwifashisha kugira ngo ugire uruhu rwiza wifuza
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 02 / 2012, 15:53
Ubusanzwe umuntu wese aribizi ko gufungura ari ingezi kugira ngo umuntu abashe kubaho, nyuma y'ibyo hakiyongeraho ko abantu batari bake cyane cyane igitsina gore baba bashaka kugaragara neza ku isura ...
ibikurikira
Isuku mu bikoni by’amwe mu Mahoteli ikomeje kuba ingorabahizi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 02 / 2012, 15:42
Mu cyumweru cyahariwe kuzirikana isuku mu mujyi wa Kigali, hari ihoteli imwe yasuwe izwi ku izina rya « Bloom Hotel » igaragara neza urebeye inyuma kubera ubusitani n’inyubako bibereye ijisho ariko m ...
ibikurikira
Bamwe mu banyarwanda bafite ibyo kurya bihagije ariko ntibaramenya gutegura indyo yuzuye - Minister Agnes Binagwaho
Iyi nkuru yanditswe kuwa
16 / 02 / 2012, 10:11
Mu murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Gicumbi ejo kuwa gatatu hatangijwe ku mugaragaro gahunda yo guca imirire mibi ku rwego rw’akarere k’afrika y’iburasirazuba. Ni igikorwa cyatangijwe na Ministre w’u ...
ibikurikira
U Rwanda ku isonga mu kurya Ibishyimbo n’ibindi binyamisogwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
14 / 02 / 2012, 03:22
Inama mpuzamahanga ihuje abashakashatsi ku binyamisogwe baturutse ku isi hose, iteraniye i Kigali kuko u Rwanda rwagaragaje intambwe ishimishije rwateye mu buhinzi cyane cyane ubw’ibishyimbo by’umus ...
ibikurikira
Wari uzi ko mu buki habamo vitamini B1, B2, B3, B5, B6, B8, B9, B12, A, C, D, E na K n’ibindi nka potassium, magnésium, calcium, fer?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
09 / 02 / 2012, 23:11
Nk’ibisanzwe ubuki bugira amoko menshi : Hari ubuki buva mu bihingwa, hari n’ubundi bukorwa cyane ko bizwi ko umwuga wazo ari ugukora ubuki. ...
ibikurikira
Previous
1
2
...
5
6
7
8
9
10
11
...
15
16
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.