Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku myitwarire
Itabi ryongera ibyago byo gusaza mu bwonko - Le figaro
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 12 / 2012, 23:11
Icyo umubare munini w’abantu umaze kumenya ku bijyanye n’ububi bw’itabi ni uko rigira uruhare rukomeye mu kuba umuntu yahura n’ibyago byinshi byo kurwara kanseri zigiye zinyuranye nka kanseri y’ibihah ...
ibikurikira
Wari uzi ko kwambara Iherena ku rurimi bishobora kukwambura Igikundiro? Kubera iki?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 12 / 2012, 23:15
Kenshi iki gikorwa cyo kwambara iherena ku rurimi, gikorwa hagamijwe kuba umuntu yagaragara neza, no gukurura abamwitayeho, nyamara iyo ny’iri ukubikora atabyitondeye bimuviramo kwangwa n’abo yashakag ...
ibikurikira
Wari uzi ko ubwandu bushya bwa SIDA bugenda bwiyongera ku bagabo babana bahuje ibitsina?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 12 / 2012, 23:12
Abahanga mu by'ubuzima muri Leta Zunze ubumwe za Amerika batangaza ko umuntu umwe kuri batanu bandura agakoko gatera SIDA (HIV) baboneka mu mubare w'abagabo cyangwa abasore bahuza ibitsina babihuje (g ...
ibikurikira
Wari Uzi ko kugira amaraso macye bishobora kwirindwa?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 11 / 2012, 23:08
Ubusanzwe bavuga ko umuntu afite ikibazo cy'amaraso make igihe uturemangingo tw'amaraso (red blood cells / globules rouges) twagabanutse ku buryo bukabije bitewe n'impamvu zitandukanye, bigatuma ibice ...
ibikurikira
Inzoga zikaze, kanyanga, itabi n’urumogi bishobora gutera Uburwayi bwo mu mutwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 11 / 2012, 23:09
Inzoga zikaze, kanyanga, itabi n’urumogi ni bimwe mu biyobyabwenge bishobora gutuma ubikoresha agira ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe mu gihe afite akaremangingo gatuma iki kibazo kibaho. ...
ibikurikira
Waba uzi ubusonuro bwo kwambara Impeta ku gikumwe, ku gahera cyangwa ku zindi ntoki? Sobanukirwa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 11 / 2012, 23:27
Kenshi na kenshi abantu bahitamo kwambara impeta ku kaboko k’ibumoso abandi ku k’iburyo, gusa ibi ntaho bitandukaniye biterwa n’icyikwihutira. Twe tukaba tugiye kurebera hamwe ubusobanuro bugiye butan ...
ibikurikira
Wari uzi KO mu gihe cyo gusinzira Abafaransa bakoresha amasaha arindwi, n’iminota 13 gusa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 11 / 2012, 23:24
Nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe, bugatangazwa muri BEH akanyamakuru gasohoka buri cyumweru k’ishuri rikuru rishinzwe gukangurira abantu iby’ubuzima (InVS), abashakashatsi bagaragaje ko Abafaransa bari ...
ibikurikira
Kigali : Umuhinde yatewe icyuma
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 11 / 2012, 23:09
Mu ma saa moya z’umugoroba, Umuhinde watahaga yerekeza iwe avuye gucuruza aguye mu gico cy’abantu babiri,bamutera icyuma. ...
ibikurikira
Uziko”Guseka” biha umutima umutuzo bikanarinda Stress
Iyi nkuru yanditswe kuwa
14 / 11 / 2012, 23:06
Mu bushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika, bagaragaje ko ”Guseka” bigabanya guteragura cyane k’umutima kandi bigafasha kwirinda Stress, bikaba ari ibyatangajwe muri ”Psychological Science” muri Amerika ...
ibikurikira
Karongi: Umugabo yishe umugore wa murumuna we n’abana babiri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 11 / 2012, 23:20
Simpunga Dominique w’imyaka 56 yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore wa murumuna we witwa Musanzeneza Geraldine w’imyaka 29, ndetse n’abana be babiri akoresheje isuka tariki 09/11/2012. ...
ibikurikira
Ruhango: Gusinda Urumogi byamuteye kwica imbwa n’urukwavu by’iwabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 11 / 2012, 23:14
Protegene Alias Nyabunyoni wo mu kagari ka Mutara, umurenge wa Mwendo mu karere ka Ruhango ari mu maboko ya polisi azira kwica imbwa n’urukwavu by’iwabo tariki 07/11/2012 kubera gusinda urumogi. ...
ibikurikira
Ni uwuhe muti wafasha umugore cyangwa umukobwa gukurura abagabo cyane kandi mu gihe gito?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 11 / 2012, 23:12
Ushobora kubona umugore cyangwa umukobwa ufite igikundiro kurusha abandi kandi atabarusha uburanga bityo bikaba byatera kwibaza ibanga ashobora kuba akoresha aho havugwa ko hari n’imiti runaka ishobor ...
ibikurikira
Wari uzi ko Impanuka zibera mu ngo zitwara abantu kurusha izibera mu mihanda! - Le figaro
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 11 / 2012, 23:11
Bitewe n’uko impanuka zigenda zibera mu ngo zigenda zitwara abantu benshi kurusha izibera mu muhanda, imiryango myinshi yita ku buzima bwa muntu ku isi yifuza ko ibi byakagombye guhabwa agaciro maze a ...
ibikurikira
Kureka itabi mbere y’imyaka 40 bituma igihe cyo kubaho kiyongeraho imyaka icyenda
Iyi nkuru yanditswe kuwa
08 / 11 / 2012, 13:09
Abagore bareka kunywa itabi mbere y’ imyaka 40, bagira igihe cyo kubaho kigera ku myaka icyenda, kuruta abatarireka, bikaba ari ibyatangajwe mu kinyamakuru “The Lancet” cyandikirwa mu Bwongereza, nyum ...
ibikurikira
Amerika : Umubare w’ababana bahuje ibitsina uragenda wiyongera !
Iyi nkuru yanditswe kuwa
08 / 11 / 2012, 13:06
Mu bushakashatsi buherutse bwakorewe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje ko abarenga 3% biyemerera ko babana bahuje ibitsina, abo bakunda kwita homosexuels, bisexuels cyangwa se transgenres. ...
ibikurikira
Ngo inkweto ndende zifite ingaruka mbi k’umubiri n’umugongo by’umwihariko!
Iyi nkuru yanditswe kuwa
06 / 11 / 2012, 12:18
Umuntu wese akunda kugaragara neza, kwambara umwenda ugezweho, byumwihariko kwambara inkweto ndende kandi iteye bukaramu, abashakashatsi basanze bikundwa bitangaje n’abakobwa ndetse n’abagore bakiri b ...
ibikurikira
Mubyeyi, sobanukirwa n’igihe cyiza wakoramo imibonano mpuzabitsina utwite…
Iyi nkuru yanditswe kuwa
06 / 11 / 2012, 12:09
Njye n’umugabo wanjye duhora twibaza duti « Ese birashoboka ko dushobora gukora imibonano mpuzabitsina igihe cyose cyo gutwita? Haba hari bumwe mu buryo bubujiwe se ? Byaba bigira ingaruka ku mwana s ...
ibikurikira
Muhanga: Abakora umwuga w’uburaya ntibiteguye kuwureka mu gihe nta mikoro barabona
Iyi nkuru yanditswe kuwa
30 / 10 / 2012, 00:44
Abakora uburaya bazwi ku izina ry’Idaya, bakorera mu ka karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo, batangaza ko kuba bagikora uwo mwuga ari ikibazo cy’amikoro kandi ko bibagoye mu gihe batayabona. ...
ibikurikira
Ibintu bitanu byafasha umwana kubaho neza igihe ababyeyi be batandukanye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
30 / 10 / 2012, 00:43
Bishobora kubaho ko abashakanye batandukana kandi bafitanye abana. Kenshi na kenshi iyo hatabayeho kwitonda bishobora gutera inkurikizi ku bana babo mu gihe kizaza. Akaba ari yo mpanvu tugira ngo ture ...
ibikurikira
Inzira 3 zidasanzwe mu gukemura ikibazo hagati y’Abashakanye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
23 / 10 / 2012, 00:42
Iyo witegereje usanga kutumvikana hagati y’abashakanye bya hato na hato ari ikimwe mu biranga ubuzima bwabo bwa buri munsi ku buryo hakenewe inzira nziza yakoreshwa mu kwikemurira utu tubazo tuba dush ...
ibikurikira
Previous
1
2
3
4
5
6
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.