Inkuru zitandukanye ku myitwarire
Gusinzira bihagije byatuma uca ukubiri n’umubyibuho ukabije
Iyi nkuru yanditswe kuwa 15 / 05 / 2012, 00:08
Kubura ibitotsi biriyongera cyane ku bakiri bato kandi bikajyana n’umubyibuho ukabije nk’uko bitangazw na Dr Karine Spiegel wo muri kaminuza ya Lyon mu Bufaransa. Mu nama yavugaga k’Umubyibuho ukabi ... ibikurikira
Ibinyobwa bidasindisha byo mu bwoko bwa Soda bifite ubushobozi bwo gutera uburakari
Iyi nkuru yanditswe kuwa 14 / 05 / 2012, 00:22
Ubushakashatsi bwakorewe muri Leta ya Boston ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA)bwerekanye ko kunywa ku buryo buhoraho ibinyobwa bidashindisha bivangiyemo isukari na gaz (soda) bitera umujinya ... ibikurikira
Nyagatare: Umuganga yahagaritswe ku kazi kubera kutubahiriza inshingano ze kugeza ubwo umurwayi yitaba Imana
Iyi nkuru yanditswe kuwa 10 / 05 / 2012, 10:06
Itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizweho umukono n’Umuyobozi w’Ibitaro by’Akarere ka Nyagatare Dr. Rukunda Karekezi Benon, riravuga ko Umwe mu baganga bo muri ibyo Bitaro bya Nyagatare atubahirije ... ibikurikira
Kwihagarika ahabonetse hose biteza isuku nke
Iyi nkuru yanditswe kuwa 10 / 05 / 2012, 01:05
abagenzi, abatuye n’abakorera hafi yaho bihagarika barinubira ingaruka ziterwa n’isuku nke iterwa n’iyo myitwarire bita ko igayitse kandi ikojeje isoni. ... ibikurikira
Imyenda ifunganya umubiri si byiza kuyambara buri gihe
Iyi nkuru yanditswe kuwa 21 / 04 / 2012, 00:07
Kwamba imyambaro ituboha nta bwo ari byiza ku buzima bwacu. Imyambaro irimo ukwenda tuboha umubiri nk’iyo twita amakora (collants gainants, slims), inigi ziboha mu ijosi ndetse na karavate zifunga cya ... ibikurikira
Yabeshye inshoreke ye imuroga kubyimba igitsina bidasanzwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 04 / 2012, 09:36
Rubasika Ngunda John arwariye mu bitaro bya Rwamagana kubera ikibazo cyo kubyimba imyanya ndangagitsina birenze urugero. Ibi ngo yabitewe n’inshoreke ye yitwa Dusengimana Kibaba bararanye mu cyumweru ... ibikurikira
Ngoma: Hari abagabo bahohoterwa n'abagore babo bitewe n'impamvu zitandukanye - Madame Kirenga
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 04 / 2012, 00:26
Umuyobozi wungirije w’akarere ka Ngoma ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame Kirenga Providence aratangaza ko muri aka karere hari abagabo bahohoterwa n’abo bashakanye biturutse ahanini ku bus ... ibikurikira
Igihugu cya Indoneziya kigiye guca imyenda migufi yambarwa n’abagore
Iyi nkuru yanditswe kuwa 31 / 03 / 2012, 00:16
Minisitiri ushinzwe ibijyanye n’imyemerere mu gihugu cya Indonesia, Suryadharma Ali, ngo arashaka guca imyenda migufi ku bantu b’igitsina gore, we ngo akaba asanga imyambaro migufi ari ikurura ubusamb ... ibikurikira
Waba utekereza ko ukoze imibonano mpuzabitsina waba mwiza kurushaho?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 03 / 2012, 15:02
Hari abantu bakora imibonano mpuzabitsina batarashinga urugo bibwira ko bakuramo ubwiza nyamara igitanga bwa bwiza ni igihe ikoranwe umunezero, nta bwoba, nta pfunwe ko ukora ibitakugenewe kandi aba ... ibikurikira
Ikoreshwa ry’utunozasuku ryongeye kuvugwaho byinshi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 29 / 02 / 2012, 23:25
Bamwe mu bamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali, baratangaza ko batarwanya ikoreshwa ry’akanozasuku ariko bakavuga ko byaba byiza ari abagenzi bagiye batwigurira kuko kuri bo baba bakorera mu gihombo. ... ibikurikira
Ruhango : Umuvuzi gakondo yafashe umurwayi we ku ngufu
Iyi nkuru yanditswe kuwa 23 / 02 / 2012, 23:31
Polisi mu Karere ka Ruhango, kuwa Kabiri yataye muri yombi umugabo w’umuvuzi gakondo wafashe ku ngufu umugore w’abandi. Ukekwaho iki cyaha witwa John Singirankabo ubu afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ... ibikurikira
Nyuma yo guhamwa n’icyaha, yakatiwe igihano cyo gusoma igitabo cy’amapaji 632
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 02 / 2012, 22:55
Umucamanza Peter D’Hondt wo mu rukiko rwa gipolisi rw’Ububiligi, aherutse kwerekana aho atandukaniye n’abandi ubwo yakatiraga umushoferi igihano cyo gusoma igitabo cyo mu bwoko bwa Roman gifite paji 6 ... ibikurikira
Inama 5 zagufasha kurwanya Ubufura (Timidite)
Iyi nkuru yanditswe kuwa 05 / 02 / 2012, 23:16
Mu bisanzwe, umuntu ntabwo ari we wihitiramo uko agomba kuvuka n’imiterere ye, bityo ni yo mpamvu hari abavuka bafite imyitwarire ibatungura. Ibi ibkaba biterwa n’uko akenshi abantu bamwe na bamwe bib ... ibikurikira
Uburyo 10 bwagufasha kwirinda Stress mu kazi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 02 / 2012, 15:26
Mu akazi ka buri munsi ibirangaza biba ari byinshi ariko hari icyo wakora kugira ngo ubashe gutunganya akazi kawe neza kandi wirinde Stress ihoraho. ... ibikurikira
Igitsina cye cyagumanye umurego uhoraho nyuma yo kugishyiraho tatuwaje (tatouge)!
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 01 / 2012, 00:35
Mu gihugu cya Irani Umusore w’imyaka 21 wagize igitekerezo cyo gushyira tatuwaje (tatouage) ku gitsina cye yandikaho inyuguti ya mbere y’izina ry’umukuzi we, ntibyamuguye neza kuko ubu afite ikibazo c ... ibikurikira
Nyuma yo gusinda, umugore yakomeretse umunwa ubwo yarukaga mu bwiherero
Iyi nkuru yanditswe kuwa 03 / 01 / 2012, 14:32
Mu rukerera rw’umwaka mushya mu gihugu cya Sidineyi ngo ni inzoga zigaragaza cyane n’ibikorwa byazo. Ubwinshi bw’inzoga ndetse n’ibindi biyobyabwenge byateje ingorane imirwano, impanuka no guhanuka ku ... ibikurikira
Kunywa itabi bishobora gutuma amabere agwa: Dr Anthony Youn
Iyi nkuru yanditswe kuwa 08 / 12 / 2011, 21:11
Nk’uko bitangazwa na Dr Anthony Youn, ngo kunywa itabi bishobora gutuma amabere agwa. Gusa ibi bikunze kuba ku bagore bakunda kwibagisha amabere bashaka ko atagwa. Uyu muganga w’inzobere mu kubaga ama ... ibikurikira
Yiteje inshinge 100 ngo ahinduke nk’igishushanyo kivuga (dessin anime)
Iyi nkuru yanditswe kuwa 24 / 11 / 2011, 23:46
Mu gihugu cy’Uburusiya umugore witwa Kristina Rei ufite imyaka 22, ngo afite intego yo gusa n’umwe mu bakinankuru (actrisse) ukina mu mafilimi y’ibishushanyo (cartoons cyangwa dessin animé) witwa Jess ... ibikurikira
U Bubiligi: Umupolisikazi yivuganye umwana we umwe, uwa kabiri ararusimbuka
Iyi nkuru yanditswe kuwa 14 / 11 / 2011, 00:06
Umugore wakoraga akazi k’ubumupolisi ukomoka mu mujyi wa Waremme ho mu gihugu cy’u Bubiligi, ku wa gatanu w’iki cyumweru gishize yagerageje kwica abana be babiri, umwe muri bo ahasiga ubuzima naho un ... ibikurikira
80 % by’abakobwa b’Abashinwa bagerageza kwihinduza beza kugira ngo babashe kubona akazi
Iyi nkuru yanditswe kuwa 09 / 11 / 2011, 00:21
Mei Li ni umukobwa ufite imyaka 21 y’amavuko, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru wa Jeune Afrique, igihe yari ategereje gukorerwa operation n’abaganga ku bitaro bya Badachu, mu Bushinwa yamutangarije ko ... ibikurikira