Inkuru zitandukanye ku zindi ndwara
Itondere imiti y’ibicurane idatanzwe na Muganga kuko ishobora kuba mibi ku mutima no ku bwonko

Iyi nkuru yanditswe kuwa 04 / 12 / 2012, 23:08
Imiti ivura ibicurane ishobora gutera ibibazo cyane igihe idatanzwe na muganga uba ufite ububasha bwo gupimira umuntu ikigero cy’iyo yafata igihe arwaye bijyanye n’ubushobozi bwe. ... ibikurikira
Gisagara: Kwita ku bafite uburwayi bwo mutwe bizafasha kongera isuku

Iyi nkuru yanditswe kuwa 25 / 11 / 2012, 23:08
Mu rwego rwo kongera isuku mu karere ka Gisagara, hemejwe ko hagiye gukorwa ibarura ry’abantu baba ku mihanda bafite ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe, bityo bazitabweho uko bikwiye kuko akenshi aribo ... ibikurikira
Umukondo w’umuntu, indiri ya ‘bacteries’ z’amoko agera kuri 67
Iyi nkuru yanditswe kuwa 22 / 11 / 2012, 23:21
Udukoko tuzwi ku izina rya Bacteries ni udukoko tugaragara ahantu hafi ya hose no kuri buri kiremwa gituye kuri iyi si. Ubushakashatsi buherutse gukorwa bwakorewe ku mikondo 500 itandukanye, bwagaraga ... ibikurikira
Sobanukirwa n’indwara ya “Glaucoma” n’ingaruka igira ku gutwara imodoka

Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 11 / 2012, 23:10
Glaucoma ni uburwayi bukomeye bufata ijisho bukanakomeza ku mutsi w’ijiho (nerf optique) aho bugabanya ubushobozi bwo kureba. Iyi ndwara yibasira cyane abantu bafite imyaka igera kuri 40 n’irenga. Iyi ... ibikurikira
Imibonano mpuzabitsina yakorwa ryari nyuma yo kubyara? Dore inama zigirwa abagabo

Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 11 / 2012, 23:08
Iki ni igihe cyitorohera abashakanye nyuma yo kubyara umwana, kuko usanga abagabo batazi igihe nyacyo bagomba kongera guterera akabariro nyuma y’uko abagore babo babyariye. Akaba ari yo mpanvu tugira ... ibikurikira
Bimwe mu bimenyetso biranga indwara ya Appendicite
Iyi nkuru yanditswe kuwa 20 / 11 / 2012, 23:07
Appendicite ni indwara yibasira agahago gato gafashe ku rura runini, mu ruhande rw'iburyo bw' inda y’umuntu. Abahanga mu by’ubuzima bakaba batangaza ko ahanini nta mpamvu izwi yaba itera uburwayi bw ' ... ibikurikira
Rusizi: Hashize umwaka arwaye amavunja adakira

Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 11 / 2012, 23:46
Umugabo w’imyaka 52 witwa Murenzi utuye mu karere ka Rusizi amaze umwaka yibasiwe n’indwara z’amavunja zamufashe ubu akaba atabasha kugenda kuko ngo iyo akandagira aba ari kubabara. ... ibikurikira
Abaganga bo mu Rwanda bari kwiga ku kuvura ububabare bw’umubiri
Iyi nkuru yanditswe kuwa 19 / 11 / 2012, 23:45
Ni ibisanzwe ko umubiri urwaye ikintu runaka ubabara, ni ibisanzwe kandi ko nyuma yo kuvurwa uri gufata imiti cyangwa nyuma yo kubagwa ugira ububabare, ndetse ariko ngo hari abagira ububabare ku nging ... ibikurikira
Ebola yahitanye abantu babiri mu gihugu cya Uganda
Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 11 / 2012, 23:21
Nyuma y’uko iki cyorezo gihitanye abAgera kuri 17, ahagana mu kwezi kwa 6, ngo ubu cyaba cyagarutse aho cyahitanye abantu 2 nk’uko byatangajwe na minisitiri w’ubuzima w’iki gihugu cya Uganda. ... ibikurikira
Diabète : Inama 5 zagufasha kwirinda ingaruka z’ibisukari byinshi

Iyi nkuru yanditswe kuwa 18 / 11 / 2012, 23:20
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya diebete wateguwe n’umuryango mpuzamahanga ushinzwe kuyirwanya Fédération Internationale du Diabète (FID) ubifashijwemo na OMS (Organisation Mondiale de la Santé ... ibikurikira
Biragoye kubaho nta Asthma (Asima) warayigeze ukiri umwana - Destination santé
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 11 / 2012, 23:19
Abakunzi b’urubuga umuganga.com bagiye bifuza cyane kumenya amakuru arambuye ku ndwara ya Asthma. Nk’uko bitangazwa mu gatabo kiswe Revue Francaise d’Allergologie et d’Immunologie Clinique, bamwe mu b ... ibikurikira
Wari uzi ko Itabi, Isukari n'Umunairo ari abazni bakomeye b'amaso yawe?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 11 / 2012, 23:18
Itsinda ry’abaganga mu ndwara z’amaso batangaza ko hari ibintu bitandukanye byangiza amaso ndetse akanakurizamo uburwayi, ariko aha bakaba baribanze ku itabi, isukari nyinshi mu maraso, umunaniro ukab ... ibikurikira
Gakenke: Umurwayi wo mu mutwe yambitswe ibyuma kubera urugomo agira
Iyi nkuru yanditswe kuwa 12 / 11 / 2012, 23:17
Leta y’ u Rwanda ndetse n’ibindi bihugu bitandukanye byo ku isi byafashe ingamba zo kwita ku bu zima bw’abarwayi bo mu mutwe, n’ubwo hari na bamwe bagihura n’ibibazo byo gufatwa nabi hirya no hino bit ... ibikurikira
Menya Bimwe mu byongera ibyago byo kuvukana ibibari
Iyi nkuru yanditswe kuwa 08 / 11 / 2012, 13:08
Ibibari ni inenge umuntu avukana irangwa no gusaduka kw'iminwa yo hejuru, kw'igisenge cy'akanwa cyangwa byombi. Ibi bikaba biba mu minsi 35 isama ribaye kubera ko ari muri icyo gihe ibice bizakora umu ... ibikurikira
Wari uzi ko Umwanda uri mu bitera indwara y’Umwijima wo mu bwoko bwa mbere (Hepathitis A)
Iyi nkuru yanditswe kuwa 07 / 11 / 2012, 10:28
Indwara y’umwijima yo mu bwoko bwa A cyangwa hepatite A ni imwe mu ndwara z’umwijima ziterwa n’umwanda, ibi tukaba tubikesha urubuga rwa interinete www.nlm.nih.gov/medlineplus/hepatitisa.html, aho rut ... ibikurikira
Wari uzi ko Umusonga ari Indwara ikaze ariko yakwirindwa?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 06 / 11 / 2012, 12:15
Umusonga ni indwara ishobora guterwa n’udukoko tunyuranye nka bagiteri, virusi, parasite, fungi ariko cyane cyane bagiteri yitwa “pinemokoke na Hemofilus” ifata ibihaha cyangwa imyanya yo hasi y’inzir ... ibikurikira
Gakenke: Umugabo amaranye imyaka 19 indwara yo kubyimba ukuguru kose
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 11 / 2012, 00:41
Umugabo witwa Nzabahungirahe Germain utuye mu Kagali ka Buheta, Umurenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke amaze imyaka 19 arwaye indwara yo kubyimba ukuguru kuva ku kirenge kugeza aho gatereye. ... ibikurikira
Sobanukirwa n’indwara yo kubabara bikabije mu kibuno igihe cyo kwituma (Hemorrhoids)
Iyi nkuru yanditswe kuwa 02 / 11 / 2012, 00:39
Iyi ndwara ibabaza cyane ishobora no gukira ku buryo bworoheje gusa icy’ingenzi ni uko umuntu asobanukirwa ibimenyetso n’icyo yahita akora mu gihe yahuye n’iki kibazo tukaba twifashishije urubuga rwa ... ibikurikira
Ese waba uzi uko wagabanya ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga?
Iyi nkuru yanditswe kuwa 01 / 11 / 2012, 00:44
Ubusanzwe hari abafata kuvukana ubumuga nk’igihano cy’Imana, ko ari amarozi, cyangwa ko ari umurage ku bantu runaka! Ibi akenshi babiterwa n’uko babona kwita ku mwana ufite ubumuga bisaba ubutwari! ... ibikurikira
Uretse uburwayi bwo mu mutwe, kunywa Urumogi byongera ibyago byo kwurwara Kanseri y’amabya
Iyi nkuru yanditswe kuwa 31 / 10 / 2012, 00:26
Lisiti y’ibibi by’urumogi yo imaze kwaguka ku buryo buri gihe ubushakashatsi bugenda buvumbura ibyago bigenda byiyongera uko iminsi igenda yicuma. Ingaruka ya nyuma ijyanye no kunywa Marijuana yabaye ... ibikurikira
Previous123456789...2829Next