Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku ndwara ya Sida
Gukoresha imiti igabanya ubukana bwa SIDA wanduye ubana n’utaranduye byongera amahirwe yo kutanduzanya - BBC news
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 12 / 2012, 02:09
Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy’u Bushinwa bwagaragaje ko iyo umuntu ubana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA akoresheje imiti bishobora ku murinda amahirwe yo kuba yakwanduza uwo babana utarandur ...
ibikurikira
Hafashwe ingamba zizatuma muri 2015 SIDA izaba ari amateka
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 12 / 2012, 02:08
Ikigo cy’ Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), kiratangaza ko gifite intego y’uko mu mwaka wa 2015 nta bwandu bwa SIDA buzaba bukirangwa mu bakiri bato no mu bavuka ; ariko ibi bikagirwamo uruhare na buri ...
ibikurikira
SIDA:Basigaye bizera ibiva kuri internet kuruta ibya Muganga
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 12 / 2012, 23:41
Ku bafaransa bagera kuri 602 bahagarariye abandi, bafite mu myaka hagati ya 15 na 25, abangana na 34% bashaka amakuru yerekeye VIRUSI itera SIDA kuri internet kuruta kujya kwa muganga, nkuko bitangazw ...
ibikurikira
Abanyarwanda bagera ku 10.000 bandura Virusi itera SIDA buri mwaka
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 12 / 2012, 23:11
“Ni inkuru ibabaje kuko mu rwanda abantu bagera ku 10.000 bandura virus itera Sida buri mwaka”, ibi ni ibyatangajwe na Dr Agnes BINAGWAHO ku munsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, ku rwego rw’igihugu uk ...
ibikurikira
Ubwandu bwa SIDA bwagabanutseho 50% muri uyu mwaka - ONUSIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 12 / 2012, 23:09
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA (ONUSIDA), ryashyize ahagaragara raporo igaragaza ko umubare w’abandura agakoko gatera SIDA wagabanutseho 50% mu bihugu 25 bikennye, na 25 % mu ...
ibikurikira
Kurandura ubwandu bwa SIDA mu muryango ni inshingano za buri wese
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 12 / 2012, 23:09
Nk’uko bitangazwa n’Ikigo gishinzwe ubuzima mu Rwanda RBC, ngo hari icyizere cyo kurandura ubwandu bushya bwa virusi itera sida mu muryango nyarwanda ibyo ngo bikazagerwaho buri wese nafata ingamba zo ...
ibikurikira
Ubutumwa bugamije kurandura burundu ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA mu muryango nyarwanda
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 11 / 2012, 23:03
Ubu butumwa bw’Ikigo gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) bushamikiye ku nsanganyamatsiko y’ubukangurambaga butangizwa kuri uyu munsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya Icyorezo cya SIDA ku Isi hose taliki y ...
ibikurikira
Ruhango: Arashishikariza abo basambanye kwipimisha nyuma yo kumenya ko afite SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 11 / 2012, 23:35
Jean Pierre Ntawusigiryayo w’imyaka 54, utuye mu murenge wa Kinihira mu karere ka Ruhango, yafashe icyemezo cyo gukangurira bagenzi be bakoranye impibonano mpuzabitsina kujya kwipimisha bakamenya uko ...
ibikurikira
Icyizere cy'ubuzima ku bafata imiti igabanya ubukana bwa SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 10 / 2012, 00:32
Icyizere cy’ubuzima bw’abantu babana n’ubwandu bw’agakoko gatera Sida kiri kugenda kiyongera giturutse ku imiti igabanya ubukana bafata bityo ikagabanya ibyago byo kuba bahurirwaho n’ibyuririzi by’ind ...
ibikurikira
Ibikorwa byo gusoza Icyumweru cyahariwe gahunda yo gusoza ibikorwa byo kurwanya SIDA ku rwego mpuzamahanga muri NUR
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 10 / 2012, 00:49
Iki gikorwa cyakozwe mu gihugu hose kuva cyatangizwa guhera kuya 01 ukuboza 2012, ubu kirasozwa muri iki cyumweru hibanda ku rubyiruko rwiga muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda no mu batuye mu nkengero zay ...
ibikurikira
Ibintu 9 by'ingenzi byafasha umurwayi wa SIDA kuramba
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 10 / 2012, 00:30
Guhura n’ibyago byo kwandura agakoko gatera Sida ni kimwe mu bintu bigora abantu benshi kwakira, ariko nk’uko tubikesha urubuga rwa interinete sidainfoservice.com, ngo birashoboka kubaho igihe kirekir ...
ibikurikira
Ubukana bwa SIDA bushobora kugabanyuka igihe umurwayi abona Vitamin D ihagije
Iyi nkuru yanditswe kuwa
21 / 09 / 2012, 00:33
Abashakashatsi bavumbuye ko Vitamin D umubiri ifasha mu kurwanya ubukana bw’ indwara y’igituntu no kugabanya impfu zitewe na Virusi itera SIDA, Vitamin D bivugwa ko ikomoka ku mirasire y’izuba yaba . ...
ibikurikira
Ese haba hari ihuriro ry’imyitozo ngororamubiri no kuramba k’umuntu ubana n’agakoko gatera SIDA?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
14 / 09 / 2012, 00:26
Imyitozo ngororangingo ituma umuntu ubana n’agakoko gatera SIDA abasha kugira ubuzima bwiza bigatuma n’umubiri we ukora neza ku buryo bimwongerera iminsi yo kubaho ugereranyije n’abandi badakora imyit ...
ibikurikira
Wari uziko konsa umwana bishobora kumurinda kwandura virusi itera SIDA?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
31 / 08 / 2012, 02:04
Inyigo mpuzamahanga imaze gushyirwa ahagaragara iremeza ko mu mashereka y'umubyeyi haboneka ubwoko bw'amasukari ashobora kurinda umwana kuba yakwandura Virusi itera Sida kabone n'ubwo umubyeyi urimo k ...
ibikurikira
Ibikoresho birimo n'impeta byifashishwa mu gusiramura bigomba kugenzuranwa ubushishozi
Iyi nkuru yanditswe kuwa
24 / 08 / 2012, 00:42
Gukeba cyangwa gusiramura habayeho kwifashasha impeta bita PREPEX, ni uburyo bushya busigaye bukoreshwa hatabayeho ko umuntu akebwa ngo abe yatakaza amaraso, Ikinyamakuru The New York Times dukesha iy ...
ibikurikira
Wari uzi ko abagore ari bo bandura cyane Virus itera Sida (HIV) kurusha abagabo ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
23 / 08 / 2012, 08:15
Kuba abagore nta buryo buriho bwo kwirinda kwandura Virus itera SIDA, bagira buzwi bashobora kwicungira ubwabo ni imwe mu mpamvu zituma aba bategarugori bahura cyane n’iki cyorezo kurusha bagenzi babo ...
ibikurikira
Wari uzi ko amashereka abonekamo ibirinda umwana kwandura agakoko gatera SIDA
Iyi nkuru yanditswe kuwa
23 / 08 / 2012, 00:43
Ubushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika n’Abanyafurika bwasohotse mu kinyamakuru cyandikirwa muri Amerika “American Journal of Clinical Nutrition”, buvuga ko ubwoko bw’isukari (oligosaccharides) yihari ...
ibikurikira
Kwandura SIDA ku bagabo bakorana imibonano Mpuzabitsina biri ku rwego rwo hejuru
Iyi nkuru yanditswe kuwa
01 / 08 / 2012, 07:32
Nk’uko abahanga babitangaza, SIDA ni icyorezo gikomeje kuzamuka ku rwego rwo hejuru mu bantu bakora imibonano mpuzabitsian nabo babihuje. ...
ibikurikira
Imiti igabanya ubukana bwa SIDA ngo yaba iri gutakaza ubushobozi ku Mugabane wa Afurika
Iyi nkuru yanditswe kuwa
31 / 07 / 2012, 07:40
Ubushakashatsi bugenda bukorwa ku miti igabanya ubukana bw'agakoko gatera SIDA mu maraso burimo kwerekana ko ku mugabane wa Afrika iyo miti irimo gutakaza ubushobozi. Inkuru igaragara mu kinyamakuru T ...
ibikurikira
SIDA: Hari ikizere ko Umuti ubasha guhagarika burundu agakoko gatera SIDA waba ugiye kuboneka
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 07 / 2012, 00:24
Kuri iki cyumweru tariki ya 22 kuzageza tariki ya 27 I Washington hari kubera inama ya 19 ivuga ku byerekeranye na SIDA. Nkuko tubikesha ikinyamakuru le Figaro, imyaka 30 irashize icyorezo cya SIDA ki ...
ibikurikira
Previous
1
2
3
4
5
6
7
8
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.