Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku rubyiruko
Smartphone, imwe mu mpamvu ikurura urubyiruko mu busambanyi !
Iyi nkuru yanditswe kuwa
14 / 11 / 2012, 23:09
Ese koko telephoni zigezweho zaba hari aho zihuriye no kuba urubyiruko rw’iki gihe rwishora mu busambanyi ? ...
Wari uzi ko Telephone zigendanwa ku ngimbi n’abangavu zikora ku buzima bwabo bwo mu mutwe?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 10 / 2012, 00:30
Gukoresha Telephone ubu byinjiye mu buzima bwa buri munsi haba mu ngo, mu mashuri, ku kazi, mu bucuruzi ndetse n’ahandi hose hakaneye itumanaho. Ibi byatumye hakorwa ubushakashatsi ku ngimbi ndetse n’ ...
Rulindo: Ababyariye iwabo barasaba kwemererwa kwandikisha abana kuri ba se
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 09 / 2012, 00:27
Bamwe mu bakobwa bo mu karere ka Rulindo babyariye iwabo bavuga ko akenshi abo babyaranye batabafasha ariko ngo n’iyo bemeye abana babo biragorana kubandikisha mu bitabo by’amategeko. ...
Uko umubiri w’inshuti zawe uteye bishobora kugira ingaruka ku miterere y’uwawe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 08 / 2012, 00:42
Gufata Regime si cyo gisubizo cyonyine gishobora kuba gifasha umuntu kuba yagabanya ibiro cyangwa yatera neza. Hari igihe ushobora kubana n’umuntu udakunda ibiro byinshi nawe bigatuma ufata urugendo y ...
Abakobwa bakina imikino ngororamubiri bibafasha mu buzima bw’imyororokere
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 07 / 2012, 01:01
Bamwe mu bagore bigeze gukina imikino ngororamubiri bemeza ko byabafashije kugira uruhare mu kwifatira ibyemezo no kubarinda mu gihe cy’imyororokere. Ibi kandi binemezwa n’ubushakashatsi bwabikozweho. ...
Ni gute wafasha umwana wawe ugeze mu bugimbi cyangwa ubwangavu kukubaha?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 07 / 2012, 00:33
Mubyeyi, umuhungu cyangwa umukobwa wawe ageze mu mabyiruka, atangiye kugira amahane cyangwa se atangiye gusuzugura. Aha ni wowe ufite ubushobozi buruta ubw’abandi mu kwereka umwana wawe inzira nziza a ...
Ni kigero ki umuhungu ashobora gutera inda cyangwa umukobwa agasama ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 06 / 2012, 00:27
Mu gihe cy’ubugimbi n’icy’ubwangavu usanga ari umwana w’umuhungu cyangwa se uw’umukobwa bagira imihindagurikire itandukanye ndetse hakaba n’iyo bahuriraho. Icyo bahuriraho ni nk’ubwoya butangira kumer ...
Rubyiruko: Dore zimwe mu ngaruka zo kohereza amafoto y’urukozasoni yawe bwite kuri interineti
Iyi nkuru yanditswe kuwa
18 / 06 / 2012, 00:51
Urubyiruko rw’iki kinyejana rwavukiye mu mpinduka nyinshi ku bijyanye n’ikoranabuhanga aho usanga n’abakundana bagerageza kugira imipango bakorera kuri interineti. Ibi ni byiza cyane kuko ari ho isi i ...
“Fondation Ndayisaba Fabrice Eto’O - FNFE”: Abanyamuryango bayo bishyuriwe ubwisungane mu kwivuza
Iyi nkuru yanditswe kuwa
01 / 06 / 2012, 14:30
Ndayisaba Fabrice uzwi ku izina Ndayisaba Fabrice Eto’O washinze “Fondation Ndayisaba Fabrice Eto’O: FNFE”, Ubusanzwe igamije guteza imbere umupira w’amaguru mu rubyiruko, atangaza ko yarihiye abanyam ...
Igikorwa cyo gukingira abana b’abakobwa Kanseri y’inkondo y’umura ku nshuro ya kabiri cyatangijwe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 05 / 2012, 15:13
Ikigo cy’igihugu cyita ku buzima (RBC), kuri uyu wa kane nibwo cyatangije igikorwa cyo gukingira abana b’abakobwa b’abangavu ku nshuro ya kabiri kanseri y’inkondo y’umura, iki gikorwa giteganyijwe ku ...
Umwangavu utwite ntaba akiri we. Ese bimugiraho izihe ngaruka?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 05 / 2012, 23:46
Umwana w’umwangavu ugize atya akabyara akunda guhura n’ikibazo cyo kutiyakira ndetse bikanamugora kuba yakwisanga mu muryango nk’uko yabikoraga bwa mbere. Ibi kandi binagaragara nabi mu muryango aho b ...
France: Alcool ni ikiyobyabwenge kiri ku isonga mu kwangiza abanyeshuri cyane
Iyi nkuru yanditswe kuwa
07 / 05 / 2012, 00:43
Alcool ni ikiyobyabwenge akenshi kigaragara mu nzoga abantu banywa n’ubwo bitoroshye ko abantu bumva ububi bwayo ngo bayirinde abana babo by’umwihariko ingimbi. ...
Araregwa gufata ku ngufu abakobwa babiri
Iyi nkuru yanditswe kuwa
02 / 05 / 2012, 00:56
Umugabo w’imyaka 30 ngo araregwa gufata ku ngufu abana b’abakobwa babiri mu gihugu cy’u Bubirigi mu mujyi wa Anvers. ...
Ikoreshwa ry’agakingirizo mu Mashuri Yisumbuye rikomeje kutavugwaho rumwe, Minisiteri y’Ubuzima ihagaze he?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 11 / 2011, 23:32
Muri iyi minsi hari impaka zishingiye ku ikoresha ry’agakingirizo mu kwirinda ikwirakwizwa ry’indwara zandurirwa mu myanya ndangagitsina na virusi itera SIDA ndetse n’inda zitateganijwe. Izi m ...
Nyuma yo kwikinisha (Mastrubation) inshuro 42 mu ijoro rimwe, yitabye Imana ku myaka 16 (mu gihugu cya Bresil)
Iyi nkuru yanditswe kuwa
08 / 09 / 2011, 10:26
Mu gihugu cya Bresil umusore w’imyaka 16 ukomoka ahitwa Goiás mu mujyi wa Rubiato, yitabye Imana mu cyumweru gishize ahitanywe nuko yikinishije inshuro zigera kuri 42 adahagarara mu ijoro rimw ...
Sugar Daddy, Mucutsumumpe bifashisha impano zitandukanye mu kurarura urubyiruko rw’abakobwa
Iyi nkuru yanditswe kuwa
25 / 08 / 2011, 02:23
Muri iyi minsi mu Rwanda haravugwa ikibazo cy’ubwiyongere bw’abana b’abakobwa bari mu mashuri bari gutwita inda zitateganijwe. Iyo umuntu asesenguye ibigaragarira amaso, ubona aba bana b’abakobwa bada ...
Kubura ibitotsi ku rubyiruko (Trouble Sleeping), byangiza ubuzima mu buryo buhambaye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
12 / 08 / 2011, 01:01
Ubushakashatsi bwerekana ko urubyiruko bakenera amasaha 8 ½ ndetse no kugeza ku masaha 9 yo gusinzira mu ijoro. Mukeneye kuba abahanga mu mibare mukwiye kubyuka saa kumi n’ebyeri zo mu gitondo mu gihe ...
Gasabo : Urubyiruko rwiyemeje kurwanya ibiyobyabwenge
Iyi nkuru yanditswe kuwa
18 / 07 / 2011, 01:58
Babinyujije mu Nama y’Igihugu y’Uubyiruko, abasore n’inkumi bo mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, biyemeje kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko. Mu gihe cy’ibyumweru bibiri urwo rubyiruko rwamaze ...
Ingaruka z’urusaku rw’imiziki zimaze kwibasira urubyiruko!
Iyi nkuru yanditswe kuwa
31 / 05 / 2011, 00:20
Muri iki gihe usanga benshi mu rubyiruko aho bari birirwa ndetse bakarara mu rusaku rw’imiziki nko mu tubyiniro cyangwa abandi bumva amaradio. Ibi bamwe bemeza ko bimaze kurenza urugero bikaba biter ...
Ni iki gituma abakobwa babura inshuti nya nshuti (igice cya mbere)
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 05 / 2011, 03:38
Mu bigaragara nk'ukuri iyo umuntu ari mu kigero cyo kuba yakubaka urugo, cyangwa iyo atangiye kumva ko amaze kuba inkumi hari byinshi bimukurura yabigendamo nabi bikamusigira ubumuga butavurwa, uruger ...
Previous
1
2
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.