Ahabanza
Abo turibo
Amakuru nyamukuru
Andi makuru
Hanuza muganga
Kugira inama
Twandikire
Mail
Indwara
Sida
Kanseri
Diyabeti
Malariya
Igituntu
Izindi
Imyororokere
Abana
Urubyiruko
Abagore
Abagabo
Ibindi
Imibereho
urukundo
Imirire
Imibanire
Imyitwarire
Ubushakashatsi
Ibindi
Izindi Linki
www.umuseke.com
www.umurimo.com
www.gukunda.com
www.ruhagoyacu.com
www.ikirezi.rw
www.imali.biz
www.umuryango.com
Inkuru zitandukanye ku rukundo
Wari uzi ko bamwe mu bagore bifuza guhoberwa n’abagabo babo ntibabibone?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
30 / 11 / 2012, 03:42
Hari ibintu bamwe mu bashakanye batajya bakorera abagore babo, kandi nyamara bigira uruhare mu gutuma urukundo rwabo rurushaho kuba rushya uko bwije n’uko bukeye. Kimwe mu byifuzwa n’abagore ni uguhob ...
Wari uzi ko Umuziki ari Umuhuza ukomeye ku bakundana ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
28 / 11 / 2012, 23:11
Ubushakashatsi bukozwe vuba aha n’ikigo cy’umuziki cya Goldsmiths University bugaragaza neza uruhare rw’umuziki ku bakundana. Ibi bikaba bikunda kugaragara cyane kuko burya iyo abakundana basangiye gu ...
Urukundo rwa kivandimwe, ikimenyetso cy’urukundo nyarwo - Slate.fr
Iyi nkuru yanditswe kuwa
22 / 11 / 2012, 23:22
Ubuvandimwe mu rukundo ni cyo kimenyetso cy’urukundo rw’ukuri kuko bwongera ubwuzuzanye, ibi bikaba ipfundo n’inkingi ikomeye y’urukundo nyarwo. ...
Wari uzi ko Gusomana bishobora kuba inzira yo guhana amakuru hagati y’abakundana
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 11 / 2012, 00:56
Gusomana nk’igikorwa gikunda kugaruka hagati y’abakundana bifite ubusobanuro butandukanye bitewe nuburyo bikozwemo, tukaba tugira ngo turebere hamwe uburyo butandukanye n’ubusobanuro bwabyo twifashish ...
Mukobwa, dore bimwe mu bimenyetso bikugaragariza niba urukundo rwawe rushya ruzaramba
Iyi nkuru yanditswe kuwa
05 / 11 / 2012, 00:56
Wahuye n’umusore urashaka kumenya niba mushobora kuzarambana. Urubuga topsante.fr rwatangaje bimwe mu bimenyetso byakugaragariza koko umuntu mushobora kuzarambana, bikaba byarashyizwe ahagaragara n’um ...
Gukurura inkumi ntibisaba amafaranga, bisaba ubundi bwenge
Iyi nkuru yanditswe kuwa
29 / 10 / 2012, 01:42
Ushobora kwibaza icy’ingenzi kugira ngo ukurure inkumi, aho benshi batekereza ko amafaranga ari cyo gikoresho gikomeye mu kuba Wabasha kwigarurira inkumi, nyamara urubuga rwa speakeseduction .com rura ...
Sobanukirwa n’impamvu 4 zituma wowe Mukobwa / Umudamu ari ngombwa ko ugira inshuti y’igitsina Gabo
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 10 / 2012, 00:23
Usanga abantu benshi bumva ko niba uri umusore ukaba ufite “girl friend” nta mpamvu yo kugirana ubucuti n’abandi bakobwa cyangwa se niba uri umukobwa nta mpamvu yo kugirana ubucuti n’abandi basore bat ...
Dore ibiganiro 5 ugomba kwirinda ku munsi wa mbere wahuye n’umusore / umukobwa ushakaho ubucuti burambye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
04 / 10 / 2012, 00:32
Iyo uhuye n’umuntu ukamwishimira, ukumva arakunyuze ku buryo yanakubera inkoramutima mu buzima bw’urukundo, umusaba ko mwaganira kugira ngo murusheho kumenyana, ukamusaba ko mwagirana ikiganiro. ...
Wari uzi ko amahirwe menshi yo kubona umukunzi akunda kubonekera aho ukunda kujya cyane ?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
03 / 10 / 2012, 00:43
Kubona urukundo si ikintu cyoroshye, mu gihe icyo aricyo cyose udafite umuntu muri kumwe mu rukundo uba wumva hari icyo ubura, mbese uba wumva utuzuye. Kandi urukundo ushobora kurubonera ahantu henshi ...
Kuki abantu bakunda kugira amahitamo amwe mu rukundo?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
27 / 09 / 2012, 00:44
Akenshi na kenshi usanga abantu bakunda guhuriza ku muntu ufite imico imwe bakagwa mu rukundo aho usanga abo umuntu abonye agahita abakunda bose baba basa n’aho ari bamwe. None se ibi byaba biza ntaho ...
Dore ibimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma
Iyi nkuru yanditswe kuwa
26 / 09 / 2012, 00:21
Mu gihe habayeho ukutizerana mu miryango usanga amahoro yarabuze ndetse bikanatuma imvururu zikururuka kugeza aho abakundanye bashbora gufata icyemezo cyo gutandukana. Nyamara hari igihe umwe mu bubat ...
Wakora iki kugira ngo unyure umukunzi wawe, yaba umugabo cyangwa umugore?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 09 / 2012, 00:30
Abantu benshi baba bibaza icyo bakora kugira ngo bagire igikundiro imbere yabakunzi babo, akaba ari yo mpanvu tugira ngo turebere hamwe imyitwarire igomba kugufasha kuba umukunzi wubashwe kandi wizewe ...
Ese bigenda bite mu bwonko iyo umuntu abaye ari mu rukundo?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
11 / 09 / 2012, 08:06
Uhereye mu binyejana bya cyera, ibitekerezo ndetse hamwe n’amarangamutima byakomeje gufatwa nk’aho ari ibikorwa byigenga mu buzima n’imikorere y’umubiri w’umuntu. Gusa kuva kera kugeza ubu usanga abah ...
Dore inama 8 zoroshye mu kugufasha guhama ku cyemezo cyo gutandukana n’umukunzi wawe burundu
Iyi nkuru yanditswe kuwa
04 / 09 / 2012, 00:30
Iyo bibaye ngombwa ko haboneka impamvu ifatika yo kuba abakundana batandukana, akenshi usanga abantu bavuga ko ntawe ukwiye kwivanga mu byabo, kuko baba bakeka ko bashobora no kongera gusubirana, kuko ...
Sinkishaka kurebana n’umusore mu maso nyuma yuko inshuti yanjye yanga ko dukorana urukundo - Christina
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 08 / 2012, 00:26
Bimenyerewe ko igitsina gabo ari cyo kigira amashyushyu yo gukora imibonano mpuzabitsina; ariko se mu gihe byabaye ku mugore cyangwa umukobwa bigenda bite? ...
Inzira 3 zidasanzwe mu kwigarurira umukunzi wawe igihe atakikwitayeho?
Iyi nkuru yanditswe kuwa
10 / 08 / 2012, 00:43
Ukibona ikibazo nk’iki ushobora guhita utekereza ko wakoresha izi nzira nko gusaba imbabazi, guhendahenda, kwitabaza inshuti, kumwanga….ariko urubuga rwa quickeseayfit.com ruratwereka ko ibyo bitabash ...
Ibi ni bimwe mu byo ugomba kwirinda kuganiriza umukunzi wawe
Iyi nkuru yanditswe kuwa
20 / 07 / 2012, 00:26
Mu mibanire y’abakundana hari ibintu byinshi baba bagomba kwirinda kuganiraho kabone n’iyo byaba bibonwa nk’ibyoroshye. N’ubwo mwaba mubona mwizerana cyangwa munyuzwe n’urukundo mufitanye, kwisanzuran ...
Dore ibyo wakora kugira ngo ukire indwara y’ishyari rirenze ry’uwo mwashakanye
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 07 / 2012, 01:29
Mu magambo akunda kugarukwaho n’abantu benshi ni uko burya ngo umukunzi utagufuhira ngo ntabwo aba agukunda byimazeyo. Ariko kandi hari igihe ifuhe riba ryinshi rigafatwa nk’indwara ishobora no kwangi ...
Umusore utagira icyo arekurira umukunzi we hakiri kare ntacyo aba azamumarira - topsante
Iyi nkuru yanditswe kuwa
19 / 07 / 2012, 00:56
Mu nkuru zigiye zitandukanye umuganga.com wagiye utangaza harimo izigenda zitanga inama ku rukundo kandi usanga hari izivuga ibigaragaza umusore wakunze umukobwa ndetse n’ibigaragaza umukobwa wakunze ...
Impamvu zigaragaza ko imibonano mpuzabitsina iba igenda neza ku bashakanye nyuma y'imyaka 50
Iyi nkuru yanditswe kuwa
17 / 07 / 2012, 00:41
Abantu benshi bemeza ko iyo umuntu ageze muri iyi myaka aba atagikunda gukora imibonano mpuzabitsina kuko imisemburo y’umubiri iba yaragabanutse, nyamara nkuko byagaragajwe na “Health magazine”, Umu ...
Previous
1
2
3
4
5
6
7
8
9
Next
Ahabanza
|
Abo turibo
|
Amakuru nyamukuru
|
Andi makuru
|
Hanuza muganga
|
Kugira inama
|
Twandikire
|
Mail
Copyright © 2011, UMUGANGA.COM Ltd. All right reserved | Powered by umuganga.com Team.